Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Arabie Saoudite Yakoze Amateka Itsinda Argentine Ya Messi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Arabie Saoudite Yakoze Amateka Itsinda Argentine Ya Messi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 November 2022 2:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukino wahuje Argentine ya Lionel Messi na Arabie Saoudite urangiye Messi na bagenzi be batsinzwe ibitego 2-1.

Bitumye mu itsinda irimo ihita iba iya mbere mu itsinda rya C Arabie Saoudite ihereyemo .

Icyakora hari ibitero bya Arabie Saoudite byanzwe.

Kuba Argentine itsinzwe bibaye nk’ibikoma mu nkokora icyizere Messi yari afite ko ashobora kuzagera mu mikino ya nyuma y’iki gikombe kiri kubera muri Qatar.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Arabie Saoudite nta mahirwe na make yahabwaga ndetse byarushijeho kuba bibi ubwo basangaga iri kumwe na Argentine mu kiciro kimwe cya C.

Ubwo banganyaga, umukinnyi ukina mu b’imbere witwa Salem Al-Dawsari  niwe washyizemo igitego cya kabiri aba aciye impaka, ab’i Riyadh babyina intsinzi batyo!

Ubwo agahinda kahise gataha mu mutima wa Messi wahise wunama ashyira umutwe mu maguru.

4 – With his goal against Saudi Arabia 🇸🇦, Lionel Messi has become the first player to score in four World Cups with @Argentina (2006, 2014, 2018 and 2022), overpassing Gabriel Batistuta (1994, 1998 and 2002) and Diego Maradona (1982, 1986 and 1994). Poker.#ARG #FIFAWorldCup pic.twitter.com/V1ojtVYLZE

— OptaJose (@OptaJose) November 22, 2022

 

- Advertisement -
Ibyishimo bya Messi ariko ntibyamaze kabiri

Muri itsinda ry’aya makipe, hateganyijwe ko hari bukine Pologne na Mexique ariko umukino abatuye isi bategereje cyane ni umukino uri buhuze u Bufaransa na Australia.

Ubufaransa budafite Benzema abantu baribaza uko buri  buze kwitwara muri iki gikombe busanzwe bufitiye igikombe.

TAGGED:ArabiefeaturedIgikombeIsiMessiQatarSaoudite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abashinzwe Ibya Gisirikare Muri Ambasade Beretswe Aho Umusirikare Wa DRC Yarasiwe
Next Article Umunyarwandakazi Mukansanga Akomeje Guca Agahigo!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?