Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 12:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaguzi bari baje guhahira muri rimwe mu maduka manini  y’i Sydney muri Australia bahuye n’akaga ubwo bumvaga induru z’abantu baterwaga icyuma n’umusore wahinjiye rwihishwa. Yishe abantu batandatu akomeretsa abandi babiri barimo umugore n’umwana w’uruhinja rw’amezi icyenda.

Ibi byabereye mu iduka rinini ryitwa Bondi Junction Westfiled Mall saa 3.30 z’ijoro.

Urwo ruhinja ruri kuvurwa n’abaganga ngo barebe ko barutabara ntirutakaze ubuzima.

Uwakoze ibi yishwe arashwe n’umupolisikazi wari wamubonye.

Hari abandi bantu bakomerekejwe n’icyuma  batewe bajyanwa kuvurirwa hafi aho.

Abaturage bari aho hafi babwiye Polisi ko babonye abantu biruka bari kuvirirana amaraso.

Polisi iri gukora iperereza kuri ubu bwicanyi.

Abaturage barashimira uwo mupolisikazi warashe uwo muntu kuko iyo ataza kumuhamya ngo amutsinde aho, yari bukomeze kwica abandi.

Umupolisi yahise amurasa amutsinda aho
TAGGED:AustraliaIterabwobaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruhare Rw’Itangazamakuru Muri Jenoside Ni Runini- Dr. Gakwenzire Uyobora IBUKA
Next Article Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?