Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 12:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaguzi bari baje guhahira muri rimwe mu maduka manini  y’i Sydney muri Australia bahuye n’akaga ubwo bumvaga induru z’abantu baterwaga icyuma n’umusore wahinjiye rwihishwa. Yishe abantu batandatu akomeretsa abandi babiri barimo umugore n’umwana w’uruhinja rw’amezi icyenda.

Ibi byabereye mu iduka rinini ryitwa Bondi Junction Westfiled Mall saa 3.30 z’ijoro.

Urwo ruhinja ruri kuvurwa n’abaganga ngo barebe ko barutabara ntirutakaze ubuzima.

Uwakoze ibi yishwe arashwe n’umupolisikazi wari wamubonye.

Hari abandi bantu bakomerekejwe n’icyuma  batewe bajyanwa kuvurirwa hafi aho.

Abaturage bari aho hafi babwiye Polisi ko babonye abantu biruka bari kuvirirana amaraso.

Polisi iri gukora iperereza kuri ubu bwicanyi.

Abaturage barashimira uwo mupolisikazi warashe uwo muntu kuko iyo ataza kumuhamya ngo amutsinde aho, yari bukomeze kwica abandi.

Umupolisi yahise amurasa amutsinda aho
TAGGED:AustraliaIterabwobaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruhare Rw’Itangazamakuru Muri Jenoside Ni Runini- Dr. Gakwenzire Uyobora IBUKA
Next Article Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?