Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Avril Danica Haines: Umugore wa mbere uyoboye ubutasi bwa USA iyobowe na Biden
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Avril Danica Haines: Umugore wa mbere uyoboye ubutasi bwa USA iyobowe na Biden

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 January 2021 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Avril Danica Haines
SHARE

Taliki 23, Ugushyingo, 2020 nibwo Joe Biden watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’America, yashyizeho Avril Danica Haines ngo ayobore ikigo gishinzwe ubutasi imbere muri USA. Ni ubwa mbere mu mateka ya USA iki kigo kitwa National Intelligence kiyobowe n’umugore.

Avril Danica Haines

Avril Danica Haines yavutse muri Kanama, 1969. Ni umunyamategeko w’umwuga akaba azi n’umukino njyarugamba witwa JUDO yigiye mu Buyapani mu ishuri rikomeye ryitwa Kodokan.

Yize kandi ubugenge muri Kaminuza ya Chicago ndetse aza no kuba umukanishi mu kigo kitwa Hyde Park.

Mu gihe cy’ubutegetsi bwa Obama Avril Haines yakoranye cyane na Susan Rice wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga ku butegetsi bwa George W Bush.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bombi bigeze kwakirwa na Obama mu biro bye kugira ngo baganire ku gitero USA yateganyaga kuzagaba kigamije kwica Oussama Bin Laden.

Avril Haines yabaye kandi umuyobozi wungirije muri CIA ndetse n’umuyobozi wungirije w’umujyanama mu by’umutekano.

Abandi Perezida watowe Joe Biden yashyizeho harimo abashinzwe  ububanyi n’amahanga.

Hari kandi Alejandro Mayorkas ubaye umuntu wa mbere ukomoka muri America y’Amajyepfo (Latino/akomoka muri Cuba) wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu, ibyo bita Homeland Security.

Hari n’umwiraburakazi Linda Thomas-Greenfield wagizwe Uhagarariye Leta Zunze Ubumwe za America mu Muryango w’Abibumbye (UN/United Nations).

- Advertisement -

John Kerry wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta mu biro by’Umukuru w’Igihugu ku bwa Perezida Barack Obama, yagizwe uzaba ayoboye itsinda ryihariye rishinzwe ibijyanye n’imihindagurikire y’ikirere uzaba anakorana na Senateri Bernie Sanders wigeze gushaka kwiyamamariza kuyobora USA inshuro ebyiri ariko ntibimuhire.

Aha yari arimo aganira na Barack Obama

Taarifa Rwanda

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda rugiye gukoresha imbwa mu gupima COVID-19
Next Article Nyabihu: Yafatanywe udupfunyika 10 000 tw’urumogi yaduhishe mu makara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?