Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ba Meya B’Uturere Tutagiraga Umuyobozi Bamenyekanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ba Meya B’Uturere Tutagiraga Umuyobozi Bamenyekanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 December 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amatora yo kuzuza imyanya itari ifite abayobozi mu Turere twa Burera na Karongi yarangiye Soline Mukamana ari we utorewe kuyobora Burera n’aho Valentine Mukase atorerwa kuyobora Karongi.

Soline Mukamana ni we watorewe kuyobora Burera

Madamu Vestine Mukandayisenga niwe watorewe kuyobora Akarere ka Gakenke.

Vestine Mukandayisenga

Mupenzi Narcisse ni we kandi watorewe kuyobora Akarere ka Nyamasheke ku bwiganze bw’amajwi 275.

Yari asanzwe akora muri Minisiteri y’Ubutabera.

Narcisse Mupenzi arahirira inshingano nshya

Hagati aho Kagabo Richards Rwamunono niwe watorewe kuba Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, akaba asimbuye Mukabihogo weguye mu minsi yashize kubera kuvugwa mu idosiye yo gusondeka umudugudu wo kwa Dubai.

Ubu Komite Nyobozi y’Akarere igizwe na Bwana Mbonyumuvunyi Radjab, Bwana Kagabo Richards Rwamunono na Mme Umutoni Jeanne.

Kagabo Richards Rwamunono

Ubwo twandikaga iyi nkuru amatora mu Karere ka Musanze yari agikomeje mu gihe mu Karere ka Rutsiro n’aho amatora y’Abajyanama rusange yari agikomeje.

Amatora mu Karere ka Musanze yari agikomeje
Mu Karere ka Rutsiro n’aho amatora y’Abajyanama rusange yari agikomeje
TAGGED:AbakandidafeaturedKarongiMeyaMusanzeNjyanamaRutsiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Biruta Yasabye Abanyarwanda Bo Mu Buhinde Kudatatira Ikiranga Umunyarwanda
Next Article Perezida Wa Iran Yagiye Kuganira Na Putin Ku Kibazo Cya Gaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?