Abaturage b’Imirenge imwe y’Uturere twa Karongi na Rutsiro bari mu byishimo kubera ibikorwa by’amazi meza bamaze kwegerezwa, ndetse benshi bahawe amatungo magufi amaze kuzana impinduka mu...
Abakunda gusohoka cyangwa bakenera ahantu ho kuruhukira hafi y’amazi, mu minsi mike bagiye kubona inyubako igezweho mu Karere ka Karongi ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu, irimo...
Ku wa Kane w’Icyumweru gishize umusore yatonganye na Se witwa Felicien Nzaramba amukubita ifuni. Umusaza Nzaramba bamujyanye kuri CHUK apfirayo ariko kuko umuhungu we nawe yari...
Mu Karere ka Karongi hari abaturage babwiye Taarifa ko bagenzi babo basangirira urwagwa cyangwa ikigage bakoresheje umuheha umwe. Impungenge ni uko bazanduzanya COVID-19 hamwe n’izindi ndwara...
Muri iyi minsi indirimbo yose igezweho mu Rwanda wumvamo akajambo ngo ‘Eleeeh’. Hari abakeka ko ari izina ry’umuhanzi runaka ariko burya ni agashya kazanywe n’umusore utunganya...