Umusore wo mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi aherutse kujya mu kabari yaka Fanta agamije kwishyura amiganano. Yarabikoze nyiri akabari aramuvumbura ahamagara Polisi iramufata....
Toyota Minibus yavaga i Rubengera igana ahitwa Mubuga yakoze impanuka abantu batandatu barapfa, abandi bose basigaye barakomereka. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba...
Imibare yatangajwe mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu Taliki 03, Gicurasi, 2023 avuga ko abantu 129 ari bo babaruwe ko bahitanywe n’imvura yateje...
Mu Mudugudu wa Rebero, Akagari ka Rebero mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza inkuba iherutse gukubitira umugore iwe iramuhusha ariko itwikwa ibyo yari afite...
Abantu batatu baherutse gufatirwa mu Mujyi wa Karongi bafite Frw 848,800 mu yandi Frw 981,100 bicyekwa ko bibye umucuruzi wo muri Bwishyura. Bafashwe ku wa Gatatu...