Hari abahinzi bo mu Karere ka Muhanga babwiye itangazamakuru ko bahinze bakarumbya, ubu bakaba bashonje. Ibi ariko Meya w’aka Karere witwa Jacqueline Kayitare avuga ko bitakwitwa...
Mu ijoro ryo ku wa 14, Kanama, 2023 mu rugo rwa Bonifride Nyiransangwa utuye mu Mudugudu wa Winzira, Akagari ka Tyazo mu Murenge wa Rugabano muri...
Komisiyo y’amatora yatangaje ko Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yayisabye ko amatora y’abayobozi baherutse kuva mu myanya yari ateganyijwe vuba aha mu Karere ka Rubavu, asubikwa. Umunyamabanga nshingwabikorwa...
Andrew Rucyahana Mpuhwe wari usanzwe ari umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe ubukungu yeguye kubera ko yemera ko kuba yaritabiriye umuhango wo gushyiraho umutware w’Abakono bitari...
Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabihogo...