Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Babyeyi Mumenye Igihe Amashuri Yo Mu Rwanda Azafungurirwa!
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Babyeyi Mumenye Igihe Amashuri Yo Mu Rwanda Azafungurirwa!

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 July 2021 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo rya Minisiteri y’uburezi rimaze gusohoka ryamenyesheje Abanyarwanda bose ko ku wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 ari bwo abanyeshuri bazatangira igihembwe cya gatatu cy’amashuri.

Ibi birareba kandi amashuri abarizwa mu Mujyi wa Kigali no mu Turere umunani twari twarashyizwe muri Guma mu rugo.

Abanyeshuri bo mu mashuri makuru na za Kaminiza bazakomeza kwiga uko byari bisanzwe mbere ya Guma mu rugo na Guma mu Karere.

Miinisiteri y’uburezi ivuga ko Kaminuza n’amashuri makuru byo mu Turere twa Musanze, Burera, Gicumbi, Kamonyi, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro azasubukura amasomo tariki 09, Kanama, 2021.

Iri tangazo ryasinywe na Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya ritageka abayobozi b’amashuri kuzakurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 nk’uko aherutse gutangazwa n’inzego z’ubuzima harimo guhana intera, kwambara neza agapfukamunwa, gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune cyangwa umuti wagenewe kwica udukoko kandi bakajya biga bafunguye amadirishya n’inzugi.

Itangazo rya MINEDUC

Minisiteri y’uburezi yategetse ko abanyeshuri bacikanywe n’amasomo bagomba gushyirirwaho uburyo bwo kwiga ariya masomo, ibyo bita ‘catch up program.’

Ubuyobozi bw’ibigo bwategetswe kuzakorana neza n’abakorera bushake bagamije kureba uko amabwiriza ashyirwa mu bikorwa.

Dr Valentine Uwamariya, ushinzwe uburezi mu Rwanda
TAGGED:AbabyeyiAmashurifeaturedMinisiteriUwamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Paul Kagame: Icyatwa Mu Mpinduka Ziteza Imbere Afurika
Next Article Abandi Banyarwanda Bagiye Gukingirwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?