Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Babyeyi Mumenye Igihe Amashuri Yo Mu Rwanda Azafungurirwa!
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Babyeyi Mumenye Igihe Amashuri Yo Mu Rwanda Azafungurirwa!

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 July 2021 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo rya Minisiteri y’uburezi rimaze gusohoka ryamenyesheje Abanyarwanda bose ko ku wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 ari bwo abanyeshuri bazatangira igihembwe cya gatatu cy’amashuri.

Ibi birareba kandi amashuri abarizwa mu Mujyi wa Kigali no mu Turere umunani twari twarashyizwe muri Guma mu rugo.

Abanyeshuri bo mu mashuri makuru na za Kaminiza bazakomeza kwiga uko byari bisanzwe mbere ya Guma mu rugo na Guma mu Karere.

Miinisiteri y’uburezi ivuga ko Kaminuza n’amashuri makuru byo mu Turere twa Musanze, Burera, Gicumbi, Kamonyi, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro azasubukura amasomo tariki 09, Kanama, 2021.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iri tangazo ryasinywe na Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya ritageka abayobozi b’amashuri kuzakurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 nk’uko aherutse gutangazwa n’inzego z’ubuzima harimo guhana intera, kwambara neza agapfukamunwa, gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune cyangwa umuti wagenewe kwica udukoko kandi bakajya biga bafunguye amadirishya n’inzugi.

Itangazo rya MINEDUC

Minisiteri y’uburezi yategetse ko abanyeshuri bacikanywe n’amasomo bagomba gushyirirwaho uburyo bwo kwiga ariya masomo, ibyo bita ‘catch up program.’

Ubuyobozi bw’ibigo bwategetswe kuzakorana neza n’abakorera bushake bagamije kureba uko amabwiriza ashyirwa mu bikorwa.

Dr Valentine Uwamariya, ushinzwe uburezi mu Rwanda
TAGGED:AbabyeyiAmashurifeaturedMinisiteriUwamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Paul Kagame: Icyatwa Mu Mpinduka Ziteza Imbere Afurika
Next Article Abandi Banyarwanda Bagiye Gukingirwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?