Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bafashe Litiro 90,000 Bya Lisansi Yari Igiye Kugurishwa Magendu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bafashe Litiro 90,000 Bya Lisansi Yari Igiye Kugurishwa Magendu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 June 2022 11:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikibazo cyo kubura kw’ibikomoka kuri petelori gishobora kuba ari cyo cyatumwe bamwe biyemeza gushaka no kugurisha litiro 90,000 bya lisanse mu buryo bwa magendu. Ubwato butwaye iriya lisansi bwafatiwe mu kigobe cya Gulf nk’uko Ibiro Ntaramakuru bya Iran byitwa IRNA byabitangaje.

Abantu batandatu barimo na Kapitani w’ubwato bwari butwaye iriya Lisansi batawe muri yombi.

Iran iri mu bihugu bidahenda lisansi kubera ko Leta yatanze nkunganire igaragara kugira ngo idahenda.

Ibi ariko byatumye hari bamwe mu bacuruzi bahitamo kuyicuruza bya magendu mu bihugu bituranye na Iran aho igiciro kiri hejuru.

Ni ubucuruzi bwa magendu bukorwa binyuze mu Nyanja, bukaba bufite isoko mu bihugu byo mu Kigo cy’Abarabu.

Ibyo bihugu ni  Bahrain, Kuwait, Oman, Qatar, Saudi Arabia na Leta zunze ubumwe z’Abarabu.

Ibihugu bigize Ikigobe cya Gulf

Ni ngombwa kuzirikana koi bi ari byo bihugu bicukura nanone petelori nyinshi ku isi.

Lisansi ubu yarahenze cyane ku isi kubera impamvu zitandukanye zirimo n’intambara y’u Burusiya na Ukraine.

Lisansi bayipima bakoresheje igipimo mu Kinyarwanda bise ‘akagunguru’ cyangwa ‘barrel’  mu Cyongereza, akagunguru kamwe kakaba kagizwe na litilo 119.

Igiciro cya Lisansi gikomeje kuzamuka

Ubwo tandikaga iyi nkuru akagunguru kamwe kaguraga $105.00.

 

 

TAGGED:featuredIranLisansi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Serivisi Zihariye Igice Kinini Cy’Umusaruro Mbumbe W’Igihugu
Next Article MINALOC Itanga Inama Yatuma Umuryango Utekana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?