Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bahaye Inteko Y’Abunzi Ruswa Ngo Irenganye Mushiki Wabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bahaye Inteko Y’Abunzi Ruswa Ngo Irenganye Mushiki Wabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2023 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gishari Emmanuel Ntwari yabwiye Taarifa ko hari umugabo na mushiki batawe muri yombi baha Abunzi ruswa ya Frw 7,000 ngo babafashe guhuguza mushiki wabo isambu. Bari basinye inyandikomvugo ko bazabongera andi Frw 30,000.

Bose uko ari ari batatu ni bene mugabumwe kandi batunzwe n’ubuhinzi.

Ababyeyi babo babahaye isambu nyuma abo babiri(umugabo w’imyaka 56 n’umugore w’imyaka 55) baza gusanga agasambu mushiki wabo nawe yari yarahawe bakwiye kukamuhuguza.

Gitifu Ntwari yabwiye Taarifa ati: “Umugabo ari kumwe na mushiki we, babiri barimo baraburana n’umuvandimwe wabo isambu, ariko nta kizere bari bafite cyo kumutsinda, bahitamo kwegera Abunzi ngo bazabibafashemo bamuhuguze isambu. Twakoranye n’inzego abo bombi bafatirwa mu cyuho kuko ntitwakwemera ko umuturage arengana.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko biyemeje kurwanya ruswa n’akarengane kandi buri wese mu baturage b’aho ayobora akabona ibimukwiye.

Asaba abaturage gukomeza kujya banga ruswa, buri wese agaharanira ko ibyo akwiye abihabwa bitabaye ngombwa ko ko abyishyurira.

Uhohotewe kandi ngo ajye agana ubuyobozi hakiri kare arenganurwe.

Abavugwa muri iki cyaha basanzwe batuye mu Murenge wa Gishari ariko iyo ruswa bagiye kuyitangira mu wundi murenge bituranye wa Mwulire.

TAGGED:featuredGishariIsambuMushikiRuswaRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Ivuga Ko Yagabanyije Gaza Mo Ibice Bibiri
Next Article Muri Kigali Hatangijwe Ikoranabuhanga Riburira Ku Myuzure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?