Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bahaye Inteko Y’Abunzi Ruswa Ngo Irenganye Mushiki Wabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bahaye Inteko Y’Abunzi Ruswa Ngo Irenganye Mushiki Wabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2023 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gishari Emmanuel Ntwari yabwiye Taarifa ko hari umugabo na mushiki batawe muri yombi baha Abunzi ruswa ya Frw 7,000 ngo babafashe guhuguza mushiki wabo isambu. Bari basinye inyandikomvugo ko bazabongera andi Frw 30,000.

Bose uko ari ari batatu ni bene mugabumwe kandi batunzwe n’ubuhinzi.

Ababyeyi babo babahaye isambu nyuma abo babiri(umugabo w’imyaka 56 n’umugore w’imyaka 55) baza gusanga agasambu mushiki wabo nawe yari yarahawe bakwiye kukamuhuguza.

Gitifu Ntwari yabwiye Taarifa ati: “Umugabo ari kumwe na mushiki we, babiri barimo baraburana n’umuvandimwe wabo isambu, ariko nta kizere bari bafite cyo kumutsinda, bahitamo kwegera Abunzi ngo bazabibafashemo bamuhuguze isambu. Twakoranye n’inzego abo bombi bafatirwa mu cyuho kuko ntitwakwemera ko umuturage arengana.”

Avuga ko biyemeje kurwanya ruswa n’akarengane kandi buri wese mu baturage b’aho ayobora akabona ibimukwiye.

Asaba abaturage gukomeza kujya banga ruswa, buri wese agaharanira ko ibyo akwiye abihabwa bitabaye ngombwa ko ko abyishyurira.

Uhohotewe kandi ngo ajye agana ubuyobozi hakiri kare arenganurwe.

Abavugwa muri iki cyaha basanzwe batuye mu Murenge wa Gishari ariko iyo ruswa bagiye kuyitangira mu wundi murenge bituranye wa Mwulire.

TAGGED:featuredGishariIsambuMushikiRuswaRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Ivuga Ko Yagabanyije Gaza Mo Ibice Bibiri
Next Article Muri Kigali Hatangijwe Ikoranabuhanga Riburira Ku Myuzure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bunyoni Ararembye

Nyagatare: Inka 125,000 Zigiye Gukingirwa Indwara Ikomeye

Centrafrique: Ibyavuye Mu Matora Bizatangira Kumenyekana Mu Cyumweru Gitaha 

Igitaramo Cya Mbonyi Cyari Kuzabera i Rubavu Cyasubitswe

Abana Bagiye Gutozwa Guhesha Agaciro Imbyino Gakondo Nyarwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

You Might Also Like

Mu Rwanda

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Haratutumba Intambara Hagati Ya Chad N’Abarwanyi Bo Muri Sudan

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Nigeria Yahaye Amerika Amakuru Yayifashije Kurasa Abahezanguni B’Abisilamu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?