Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bambuka Umugezi Wa Mukungwa Bagendera Ku Biti Bibiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Bambuka Umugezi Wa Mukungwa Bagendera Ku Biti Bibiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2023 12:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bamwe mu batuye Akarere ka Nyabihu n’Akarere ka Gakenke batangaza ko iyangirika ry’ikiraro cyitwa ‘Ikiraro cya Ngoga’ ryatumye bagorwa no kwambuka umugezi wa Mukungwa bamwe bajye guhahirana n’abandi hakurya.

Mu rwego rwo kugira ngo bagere hakurya, byabaye ngombwa ko batambika ibiti bibiri kuri uwo mugezi kugira ngo babone uko bagereyo.

Abo baturage babwiye RBA ko bifuza cyane ko gisanwa kuko kuba kitarasanwa bibabangamira.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko icyo kibazo bwagisesenguye bukaba buri kugishakira igisubizo.

Umugezi wa Mukungwa ukora ku turere twa Ngororero, Nyabihu, Musanze, Burera na Gakenke.

Ukikijwe n’imisozi miremire  ihanamye, ibamo utugezi twinshi tuwirohamo.
Iyi misozi ikunze kwibasirwa n’ibiza biterwa n’imvura nyinshi n’inkangu, ibi bikaba ari nabyo byatumye kiriya kiraro gisenyuka.
Kimwe n’indi migezi itemba muri utu turere twavuzwe hejuru Mukungwa igomba kubungwabungwa.

TAGGED:AbaturageGakenkeIkiraro IbitiMukungwaNyabihuUmugezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Impanuka Ebyiri Zaguyemo Abantu Batandatu
Next Article Umuburo Wa Banki Nkuru Y’u Rwanda Ku Bacuruza Amadevize
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?