Banki Yo Mu Rwanda Yibwe Miliyoni Frw 100 Mu Buryo Bw’Ikoranabuhanga

Staff Write
0 Min Read

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu barindwi barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga rukurikiranyeho kwiba miliyoni Frw 700 mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Uru rwego ruri kwereka itangazamakuru abo bantu ndetse rukanasobanura imyitwarire abo bajura bakoresha n’uburyo abantu bajya baba menge ntibahe abantu nk’abo urwago rwo gukora ibyo byaha.

Ni nkuru tugikurikirana…

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *