Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Barohamye Mu Kiyaga Cya Ruhondo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Barohamye Mu Kiyaga Cya Ruhondo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 August 2023 9:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagabo bane bagiye kuroba mu kiyaga cya Ruhondo ku ruhande rw’Akarere ka Burera bararohama umwe arapfa. Ni ikiyaga gituranye n’icya Ruhondo, bikaba ibiyaga bibiri bita ‘impanga’ kubera ko bituranye kandi byakomotse hamwe.

Abo bagabo ni abo mu Mudugudu wa Taba, Akagari ka Kilibata, Umurenge wa Rugengabali mu Karere ka Burera.

Uwapfuye yitwa Elisa Niyibizi wari ufite imyaka 25 y’amavuko.

Akomoka mu Mudugudu wa Kamonyi, mu Kagari ka Mucaca mu Murenge wa Rugengabali.

Amakuru avuga ko mu bo bari bari kumwe harimo umwana w’imyaka 16 y’amavuko n’undi w’imyaka 19 ndetse n’umugabo w’imyaka 32 y’amavuko.

Abo uko ari batatu barokotse kuko bazi koga.

Impamvu yatumye barohama ivugwa ni uko ubwato bari barimo bwatobotse bukajyamo amazi.

Abandi bashoboye koga bavamo keretse utari ubizi ari nawe wahasize ubuzima.

Bamaze kubona ko arohamye, babiri bajya kubibwira Polisi abandi basigara ku murambo ngo utagira ikindi uba.

Umurambo wajyanywe ku bitaro bya Butaro gusuzimwa.

Umuyobozi w’Akarere ka Burera wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage witwa Théophile Mwanangu yabwiye Taarifa ko kiriya kiyaga gikungahaye ku mafi, iyo ikaba ari yo mpamvu ituma abantu bakigabiza bakajya kuroba bitemewe n’amategeko.

Avuga ko bajyayo bashaka amafi yo kugurisha kuko abenshi batayarya.

Mwanangu asaba abaturage kumenya ko uburobyi butemewe n’amategeko buhanwa kandi bushobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga nk’uko byagenze kuri Niyibizi.

TAGGED:BureraIkiyagaUmugaboUmurambo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Coup D’Etat Muri Gabon, Bongo Yakuweho
Next Article Ecobank Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya W’Inama Y’Ubutegetsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?