Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Barore Yatorewe Umwanya Mu Kigo Kita Ku Itangazamakuru Muri Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Barore Yatorewe Umwanya Mu Kigo Kita Ku Itangazamakuru Muri Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2021 4:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura RMC, Cléophas Barore yatorewe kuba Umuyobozi wungirije w’Ikigo Nyafurika Kigenzura mu by’itangazamakuru mu gace k’Afurika yo hagati. Iki kigo kitwa Media Regulators Institutions in the Economic Community of Central African States(ECCAS).

Inama yabereyemo amatora yateraniye muri Cameroon mu Mujyi wa Douala.

Barore amaze imyaka isaga 25 mu mwuga w’itangazamakuru.

UPDATE:@rbarwanda’s Cleophas Barore, who is also the Chairperson of the @RMC_Rwanda has been elected as the Vice Chairperson of the Media Regulators Institutions in the Economic Community of Central African States (ECCAS) region, during a meeting held in Douala, Cameroon. pic.twitter.com/dtYbPfuWvX

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) December 15, 2021

Yakoze igihe kirekire mu cyahoze ari Ofise Nyarwanda ishinzwe amatangazo ya Leta( Office Rwandais de l’Information, ORINFOR).

Iki kigo cyaje guhindura izina kitwa RBA kandi n’ubu aracyagikoramo.

Afite uburyo bwihariye ayoboramo ibiganiro, bushingiye cyane cyane k’ukuba azi amateka ya Politiki y’u Rwanda ndetse akagira akarusho ko kumenya kubaza ibibazo bikomeye ariko bibajijwe neza k’uburyo ubajijwe amenya uko asubiza.

Yize mu Kigo IFAK ndetse na Kaminuza.

Ni umugabo wubatse ufite barenga batanu.

Asengera muri idini rya ADEPR akagira n’umuhamagaro wo kwigisha ijambo ry’Imana.

TAGGED:BaroreCameroon. ItangazamakurufeaturedIkigo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage B’i Bugesera Biyubakiye Umuyoboro W’Amazi
Next Article Impamvu Zikomeye Zatumye Amabwiriza Yo Kurwanya COVID-19 Mu Rwanda Akazwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?