Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Basohoye iPhone 14 Ifubikishije ZAHABU Na DIYAMA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Basohoye iPhone 14 Ifubikishije ZAHABU Na DIYAMA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2022 2:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000.

Mbere y’uko ibi byose byongerwaho yari isanzwe ihagaze  £1,749.

Abahanga bashyizeho isaha yo mu bwoko bwa Rolex Cosmograph Daytona watch bukaba ari ubwoko bw’isaha iri mu zihenze kurusha izindi ku isi kugeza ubu.

Iyi telefoni igura Miliyoni Frw 135

Uruganda rwo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu rwitwa Caviar nirwo rwasohoye iriya iPhone ifite ako karusho.
Uru ruganda ruzwiho gusohora ibikoresho by’ikoranabuhanga byongererewe agaciro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Rwigeze gusohora icyo bafubikisha telefoni ya iPhone( bita iPhone case) cyari kiriho iryinyo ry’igikoko cya kera bita dinosaur kitwa T.Rex.

Bigeze no gusohora twa AirPods turiho zahabu.

Uretse kuba  zahabu na diyama ubwabyo byihariye, iyo urebye n’uburyo abahanga babivanze bagakoramo ikindi cyo gushyira inyuma y’iriya iPhone usanga  burimo ubuhanga bwinshi.

Abakozi ba Caviar bakora uko bashoboye kose bagakora ibintu bisa n’aho nta wundi watinyuka cyangwa ashobore kubikora kuko biba binahenze cyane.

Bitewe n’ubushobozi bw’umuntu ndetse n’ibara akunda, igiciro cy’iriya telefoni kiri hagati ya $133,670 na $ 135,000.

- Advertisement -
TAGGED:DiyamafeaturedIkoranabuhangaIsahatelefoniZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pariki Y’Akagera Yinjirije U Rwanda $ 1,500,000
Next Article Ibigo 51 Byasabye RDB Kubikura Ku Rutonde Rw’Ibikora Ubucuruzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?