Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Basohoye iPhone 14 Ifubikishije ZAHABU Na DIYAMA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Basohoye iPhone 14 Ifubikishije ZAHABU Na DIYAMA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2022 2:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000.

Mbere y’uko ibi byose byongerwaho yari isanzwe ihagaze  £1,749.

Abahanga bashyizeho isaha yo mu bwoko bwa Rolex Cosmograph Daytona watch bukaba ari ubwoko bw’isaha iri mu zihenze kurusha izindi ku isi kugeza ubu.

Iyi telefoni igura Miliyoni Frw 135

Uruganda rwo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu rwitwa Caviar nirwo rwasohoye iriya iPhone ifite ako karusho.
Uru ruganda ruzwiho gusohora ibikoresho by’ikoranabuhanga byongererewe agaciro.

Rwigeze gusohora icyo bafubikisha telefoni ya iPhone( bita iPhone case) cyari kiriho iryinyo ry’igikoko cya kera bita dinosaur kitwa T.Rex.

Bigeze no gusohora twa AirPods turiho zahabu.

Uretse kuba  zahabu na diyama ubwabyo byihariye, iyo urebye n’uburyo abahanga babivanze bagakoramo ikindi cyo gushyira inyuma y’iriya iPhone usanga  burimo ubuhanga bwinshi.

Abakozi ba Caviar bakora uko bashoboye kose bagakora ibintu bisa n’aho nta wundi watinyuka cyangwa ashobore kubikora kuko biba binahenze cyane.

Bitewe n’ubushobozi bw’umuntu ndetse n’ibara akunda, igiciro cy’iriya telefoni kiri hagati ya $133,670 na $ 135,000.

TAGGED:DiyamafeaturedIkoranabuhangaIsahatelefoniZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pariki Y’Akagera Yinjirije U Rwanda $ 1,500,000
Next Article Ibigo 51 Byasabye RDB Kubikura Ku Rutonde Rw’Ibikora Ubucuruzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?