Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Basohoye iPhone 14 Ifubikishije ZAHABU Na DIYAMA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Basohoye iPhone 14 Ifubikishije ZAHABU Na DIYAMA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2022 2:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000.

Mbere y’uko ibi byose byongerwaho yari isanzwe ihagaze  £1,749.

Abahanga bashyizeho isaha yo mu bwoko bwa Rolex Cosmograph Daytona watch bukaba ari ubwoko bw’isaha iri mu zihenze kurusha izindi ku isi kugeza ubu.

Iyi telefoni igura Miliyoni Frw 135

Uruganda rwo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu rwitwa Caviar nirwo rwasohoye iriya iPhone ifite ako karusho.
Uru ruganda ruzwiho gusohora ibikoresho by’ikoranabuhanga byongererewe agaciro.

Rwigeze gusohora icyo bafubikisha telefoni ya iPhone( bita iPhone case) cyari kiriho iryinyo ry’igikoko cya kera bita dinosaur kitwa T.Rex.

Bigeze no gusohora twa AirPods turiho zahabu.

Uretse kuba  zahabu na diyama ubwabyo byihariye, iyo urebye n’uburyo abahanga babivanze bagakoramo ikindi cyo gushyira inyuma y’iriya iPhone usanga  burimo ubuhanga bwinshi.

Abakozi ba Caviar bakora uko bashoboye kose bagakora ibintu bisa n’aho nta wundi watinyuka cyangwa ashobore kubikora kuko biba binahenze cyane.

Bitewe n’ubushobozi bw’umuntu ndetse n’ibara akunda, igiciro cy’iriya telefoni kiri hagati ya $133,670 na $ 135,000.

TAGGED:DiyamafeaturedIkoranabuhangaIsahatelefoniZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pariki Y’Akagera Yinjirije U Rwanda $ 1,500,000
Next Article Ibigo 51 Byasabye RDB Kubikura Ku Rutonde Rw’Ibikora Ubucuruzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?