Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2022 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe muri ba rutahizamu bakomeye ku isi witwa Sadio Mané yarangije kujya muri Bayern Munich nyuma y’igihe kinini yari amaze muri Liverpool.

Yameye kujyayo nyuma yo kwemeranya ko agurwa kuri Miliyoni £35.

Ubuyobozi bwa Bayern  bwabanje kumushaka ngo bwishyure Miliyoni £25 arabyanga, buzamuye kuri Miliyoni £30 nazo azitera utwatsi.

Nyuma rero ubuyobozi bwa Liverpool bwemeye kwakira Miliyoni £35 kugira ngo bumureke ajya muri Bayern Munich, iyi ikaba ari yo kipe ya mbere muri Shampiyona y’u Budage yitwa Bundesliga

Ikinyamakuru  cyo mu Budage kirwa BILD kiviga abo muri Liverpool hari andi mafaranga bishakaga ko atangwa kuri Sadio  Mané  kandi menshi ariko abo muri Bayern Munich babiganiraho n’abo baza kumvikana kuri ariya mafaranga.

Mane  avuye muri Liverpool atsinze ibitego 120 mu mikino 269 yakiniye iri kipe iri mu zikomeye muri Shampiyona y’u Bwongereza.

Avuye muri Liverpool ayitsindiye ibitego 120

Umunyamakuru ukora Siporo witwa Fabrizio Romano aherutse gutangaza ko Sadio yasinyanye amasezerano na Bayern yo kuzayikinira mu myaka itatu.

Umugabo ushinzwe guteza imbere imibereho y’abakinnyi muri Bayern witwa Hasan Salihamidzic niwe iyi kipe icyesha kuba Sadio Mané yayigiyemo.

TAGGED:BayernfeaturedIbitegoLiverpoolManeSadio
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDB Yahawe Umuyobozi Mushya Ushinzwe Ubukerarugendo
Next Article Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Umusanzu Mu Burezi Bw’Abana Bo Muri Sudani Y’Epfo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

Umuvuno Wa Leta Wo Guca Amapfa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

You Might Also Like

Mu mahanga

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Miliyari Frw 6.7, Imwe Iyiha Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?