Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2022 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe muri ba rutahizamu bakomeye ku isi witwa Sadio Mané yarangije kujya muri Bayern Munich nyuma y’igihe kinini yari amaze muri Liverpool.

Yameye kujyayo nyuma yo kwemeranya ko agurwa kuri Miliyoni £35.

Ubuyobozi bwa Bayern  bwabanje kumushaka ngo bwishyure Miliyoni £25 arabyanga, buzamuye kuri Miliyoni £30 nazo azitera utwatsi.

Nyuma rero ubuyobozi bwa Liverpool bwemeye kwakira Miliyoni £35 kugira ngo bumureke ajya muri Bayern Munich, iyi ikaba ari yo kipe ya mbere muri Shampiyona y’u Budage yitwa Bundesliga

Ikinyamakuru  cyo mu Budage kirwa BILD kiviga abo muri Liverpool hari andi mafaranga bishakaga ko atangwa kuri Sadio  Mané  kandi menshi ariko abo muri Bayern Munich babiganiraho n’abo baza kumvikana kuri ariya mafaranga.

Mane  avuye muri Liverpool atsinze ibitego 120 mu mikino 269 yakiniye iri kipe iri mu zikomeye muri Shampiyona y’u Bwongereza.

Avuye muri Liverpool ayitsindiye ibitego 120

Umunyamakuru ukora Siporo witwa Fabrizio Romano aherutse gutangaza ko Sadio yasinyanye amasezerano na Bayern yo kuzayikinira mu myaka itatu.

Umugabo ushinzwe guteza imbere imibereho y’abakinnyi muri Bayern witwa Hasan Salihamidzic niwe iyi kipe icyesha kuba Sadio Mané yayigiyemo.

TAGGED:BayernfeaturedIbitegoLiverpoolManeSadio
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDB Yahawe Umuyobozi Mushya Ushinzwe Ubukerarugendo
Next Article Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Umusanzu Mu Burezi Bw’Abana Bo Muri Sudani Y’Epfo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?