Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Bidasubirwaho Sadio Mané Yagiye Muri Bayern Munich

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2022 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe muri ba rutahizamu bakomeye ku isi witwa Sadio Mané yarangije kujya muri Bayern Munich nyuma y’igihe kinini yari amaze muri Liverpool.

Yameye kujyayo nyuma yo kwemeranya ko agurwa kuri Miliyoni £35.

Ubuyobozi bwa Bayern  bwabanje kumushaka ngo bwishyure Miliyoni £25 arabyanga, buzamuye kuri Miliyoni £30 nazo azitera utwatsi.

Nyuma rero ubuyobozi bwa Liverpool bwemeye kwakira Miliyoni £35 kugira ngo bumureke ajya muri Bayern Munich, iyi ikaba ari yo kipe ya mbere muri Shampiyona y’u Budage yitwa Bundesliga

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikinyamakuru  cyo mu Budage kirwa BILD kiviga abo muri Liverpool hari andi mafaranga bishakaga ko atangwa kuri Sadio  Mané  kandi menshi ariko abo muri Bayern Munich babiganiraho n’abo baza kumvikana kuri ariya mafaranga.

Mane  avuye muri Liverpool atsinze ibitego 120 mu mikino 269 yakiniye iri kipe iri mu zikomeye muri Shampiyona y’u Bwongereza.

Avuye muri Liverpool ayitsindiye ibitego 120

Umunyamakuru ukora Siporo witwa Fabrizio Romano aherutse gutangaza ko Sadio yasinyanye amasezerano na Bayern yo kuzayikinira mu myaka itatu.

Umugabo ushinzwe guteza imbere imibereho y’abakinnyi muri Bayern witwa Hasan Salihamidzic niwe iyi kipe icyesha kuba Sadio Mané yayigiyemo.

TAGGED:BayernfeaturedIbitegoLiverpoolManeSadio
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDB Yahawe Umuyobozi Mushya Ushinzwe Ubukerarugendo
Next Article Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Umusanzu Mu Burezi Bw’Abana Bo Muri Sudani Y’Epfo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?