Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biden Aravugwa Mu Mugambi ‘Mubisha’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Biden Aravugwa Mu Mugambi ‘Mubisha’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Biro by’Umukuru w’Amerika imitwe yashyushye nyuma y’uko hari Umusenateri witwa Chuck Grassey wo mu Republican uvuze ko hari inyandiko yizewe FBI ifite isobanura umugambi mubisha Biden yari afitanye n’undi muntu wari bushyirwe mu bikorwa mu nyungu za Politiki.

Mu kiganiro Sen Grassey yaraye ahaye Fox News yavuze ko uriya mugambi Biden yari yarawutunganyije akiri Visi Perezida wa Barack Obama.

Grassey yabwiye umunyamakuru wa Fox News wirwa Sandra Smith ko FBI na Deparitoma y’ubutabera bagomba kugira icyo batangariza Abanyamerika kuri iyi ngingo, bakavuga niba barabonye iriya nyandiko, niba barayisesenguye cyangwa se barayibonye ntibagire icyo bayikoraho.

Senateri avuga ko uwamuhaye amakuru y’iyo nyandiko ari umuntu wo kwizerwa kandi ko ibiyikubiyemo ari ibyo kwizerwa.

Muri uwo mugambi bivugwa ko wari ukomeye harimo ko igikorwa cyari buwukorwemo cyari bugire ingaruka za politiki kandi uwagishyize mu bikorwa agahembwa amadolari menshi.

Senateri Chuck avuga ko bishoboka ko ubuyobozi bwa deparitoma y’ubutabera n’ubwa FBI bwahisemo kurenza ingohe kiriya kibazo kubera kurengera inyungu za politiki.

Ibi ngo bigomba gusobanurirwa Abanyamerika kandi bigakorwa vuba.

N’ubwo ari uko aba Republicans babivuga, hari abandi bavuga ko ari uburyo bwo gushyira igitotsi mu bikorwa bya Joe Biden uherutse gutangaza ko aziyamamariza kuyobora Amerika.

Chuck Grassey

Biden yavuze ko mu kwiyamamaza kwe, azabwira abaturage ko nibamutora bazaba bamuhaye uburyo kurangiza akazi yatangiye.

Ibaruwa isaba ko hatangizwa iperereza
TAGGED:BidenFBIfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Ukraine Yagiye Kurega Putin
Next Article Rwanda:Toni 60 Z’Ibiribwa Zagejejwe Ku Bangirijwe N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?