Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imideli

Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2022 9:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka yifitiye icyizere, kandi akandagira agahamya!

Ni ibyasohotse mu kinyamakuru kitwa ‘Personality and Individual Differences.’

Indi ngingo abanditse biriya bemeza ngo ni uko hari umubare munini w’abagabo bemeza ko umugore wambaye inkweto zifite talon ishinze ‘agaragara neza’ kurusha uwambaye izitayifite.

Abanditse iriya nkuru bari bayobowe na Prof T.Joel Wade.

Babyanditse bashingiye ku bisubizo bahawe n’abagabo 448 babajijwe muri buriya bushakashatsi.

Ibyo babonye mu bushakashatsi bwabo ariko ntibiveba abambara inkweto ridafite talon izamuye, ahubwo bavuga ko inkweto zose mu bwoko bwazo zambarwa bitewe n’aho umuntu agiye, ibilo bye, umubyimba n’ikimero.

Bemeza ko gushyira mu gaciro mu byo umuntu yambara( harimo abagabo n’abagore) ari ingenzi kugira ngo aho aciye badasigara bibaza niba ibyo yambaye yabanje kubitekerezaho.

Ni ngombwa kuzirikana ko ibyo umuntu yambaye biba ari ibyo bya mbere bimuranga na mbere y’uko yereka abandi indangamuntu cyangwa ngo abereke ko afite cyangwa adafite ubumenyi runaka ku ngingo runaka ishishikaje.

Niyo mpamvu hari imvugo y’Abanyarwanda ivuga ko ‘uwambaye neza agaragara neza.’

Umuntu ugiye kuzamuka umusozi ntakwiye kwambara ziriya nkweto ariko ugiye mu Biro ashobora kuzambara.

 

TAGGED:AbagorefeaturedIbiroInkwetoUbushakashatsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yahisemo Gukoresha Amafoto Ngo Asangize Abandi Ubwiza Bw’Ibidukikije
Next Article Cameroon: Indege Itwaye Abagenzi Yakoreye Impanuka Mu Ishyamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?