Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biruta Yasabye Abanyarwanda Bo Mu Buhinde Kudatatira Ikiranga Umunyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Biruta Yasabye Abanyarwanda Bo Mu Buhinde Kudatatira Ikiranga Umunyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 December 2023 3:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda baba mu Buhinde. Yababwiye ko aho Umunyarwanda ari hose aba agomba kurangwa no kwiyubaha, akaba intangarugero, agakunda u Rwanda.

Mu gukunda u Rwanda, ngo agomba no kurushoramo imari, rukungukira mu byo yagiye gukora imahanga.

Dr. Vincent Biruta yahuriye n’abo Banyarwanda mu Murwa mukuru, New Delhi

Yababwiye ati:  “Mukomere ku muco, mugire intego kandi mugire indangagaciro za Kinyarwanda”.

Abenshi mu Banyarwanda bitabiriye uwo muhuro ni abanyeshuri muri za Kaminuza, biganjemo urubyiruko.

Jacqueline Mukangira niwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Buhinde

Jacqueline Mukangira niwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Buhinde, akaba anaruhagarariye muri Bangladesh, Maldives, Sri Lanka na Nepal.

Mu mwaka wa 2017 RDB yasohoye  Raporo  yerekana ko u Buhinde bwari igihugu cya gatatu nyuma ya Portugal n’u Bwongereza cyaturutsemo ishoramari ry’agaciro kanini riza mu Rwanda.

Kugeza ubu Abahinde bagera ku 3,000 nibo bakorera mu Rwanda imishinga n’ibindi bikorwa bitandukanye birimo ibikoresho by’ikoranabuhanga, ibinyabiziga, inganda n’ibindi.

Bamubajije uko ibintu iwabo byifashe
Baracyamenya gushayaya no guhamiriza by’intore z’u Rwanda
TAGGED:AbahindeAbanyarwandaBirutafeaturedUbuhinde
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyabihu: Ba Mudugudu Bavuga Ko Ubuyobozi Bw’Akarere Bwababeshye Telefoni
Next Article Ba Meya B’Uturere Tutagiraga Umuyobozi Bamenyekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?