Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biruta Yasabye Abanyarwanda Bo Mu Buhinde Kudatatira Ikiranga Umunyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Biruta Yasabye Abanyarwanda Bo Mu Buhinde Kudatatira Ikiranga Umunyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 December 2023 3:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda baba mu Buhinde. Yababwiye ko aho Umunyarwanda ari hose aba agomba kurangwa no kwiyubaha, akaba intangarugero, agakunda u Rwanda.

Mu gukunda u Rwanda, ngo agomba no kurushoramo imari, rukungukira mu byo yagiye gukora imahanga.

Dr. Vincent Biruta yahuriye n’abo Banyarwanda mu Murwa mukuru, New Delhi

Yababwiye ati:  “Mukomere ku muco, mugire intego kandi mugire indangagaciro za Kinyarwanda”.

Abenshi mu Banyarwanda bitabiriye uwo muhuro ni abanyeshuri muri za Kaminuza, biganjemo urubyiruko.

Jacqueline Mukangira niwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Buhinde

Jacqueline Mukangira niwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Buhinde, akaba anaruhagarariye muri Bangladesh, Maldives, Sri Lanka na Nepal.

Mu mwaka wa 2017 RDB yasohoye  Raporo  yerekana ko u Buhinde bwari igihugu cya gatatu nyuma ya Portugal n’u Bwongereza cyaturutsemo ishoramari ry’agaciro kanini riza mu Rwanda.

Kugeza ubu Abahinde bagera ku 3,000 nibo bakorera mu Rwanda imishinga n’ibindi bikorwa bitandukanye birimo ibikoresho by’ikoranabuhanga, ibinyabiziga, inganda n’ibindi.

Bamubajije uko ibintu iwabo byifashe
Baracyamenya gushayaya no guhamiriza by’intore z’u Rwanda
TAGGED:AbahindeAbanyarwandaBirutafeaturedUbuhinde
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyabihu: Ba Mudugudu Bavuga Ko Ubuyobozi Bw’Akarere Bwababeshye Telefoni
Next Article Ba Meya B’Uturere Tutagiraga Umuyobozi Bamenyekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?