Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bisi Ya Volcano Yakoreye Impanuka IKOMEYE Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bisi Ya Volcano Yakoreye Impanuka IKOMEYE Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2023 7:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa iri kwegeranya avuga ko bisi( nini) ya Volcano yakoreye impanuka  ikomeye muri Uganda.

Yagonganye n’indi ya Trinity, zombi zirangirika cyane.

Iyo uteze amatwi amajwi y’abantu bageze aho yabereye bikiba, wumva bamwe bavuga ko runaka yamenetse umutwe, abandi bavunitse ingingo kandi ayo majwi yumvikanamo Ikinyarwanda.

Umwe mu bakozi ba Volcano witwa Japhet Agaba yabwiye Taarifa ko iyo mpanuka bayimenye ariko ko  nta Munyarwanda wayiguyemo.

Icyakora amashusho Taarifa ifite yerekana ko yari impanuka ikomeye k’uburyo haramutse nta Munyarwanda wayiguyemo yaba ari ‘amahirwe adasanzwe.’

Amakuru arambuye kuri iyi nkuru turacyayashakisha.

Iyi mpanuka ibaye ikurikira indi yabaye mu ijoro ry’Ubunani bwa 2023 yaguyemo n’Abanyarwanda.

Icyo gihe bisi ya Volcano yazaga mu Rwanda yagonganye n’indi bisi yo muri Kenya yari iganye abantu i Kampala.

TAGGED:featuredImpanukaRwandaUgandaVolcano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abasirikare 2,430 Bazamuwe Mu Ntera
Next Article Iterabwoba Ku Isi Rikomeje Gufata Indi Ntera- Dr Biruta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

You Might Also Like

Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?