Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bisi Ya Volcano Yakoreye Impanuka IKOMEYE Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bisi Ya Volcano Yakoreye Impanuka IKOMEYE Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2023 7:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa iri kwegeranya avuga ko bisi( nini) ya Volcano yakoreye impanuka  ikomeye muri Uganda.

Yagonganye n’indi ya Trinity, zombi zirangirika cyane.

Iyo uteze amatwi amajwi y’abantu bageze aho yabereye bikiba, wumva bamwe bavuga ko runaka yamenetse umutwe, abandi bavunitse ingingo kandi ayo majwi yumvikanamo Ikinyarwanda.

Umwe mu bakozi ba Volcano witwa Japhet Agaba yabwiye Taarifa ko iyo mpanuka bayimenye ariko ko  nta Munyarwanda wayiguyemo.

Icyakora amashusho Taarifa ifite yerekana ko yari impanuka ikomeye k’uburyo haramutse nta Munyarwanda wayiguyemo yaba ari ‘amahirwe adasanzwe.’

Amakuru arambuye kuri iyi nkuru turacyayashakisha.

Iyi mpanuka ibaye ikurikira indi yabaye mu ijoro ry’Ubunani bwa 2023 yaguyemo n’Abanyarwanda.

Icyo gihe bisi ya Volcano yazaga mu Rwanda yagonganye n’indi bisi yo muri Kenya yari iganye abantu i Kampala.

TAGGED:featuredImpanukaRwandaUgandaVolcano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abasirikare 2,430 Bazamuwe Mu Ntera
Next Article Iterabwoba Ku Isi Rikomeje Gufata Indi Ntera- Dr Biruta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?