Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: BNR Ivuga Ko Ubukungu Bw’u Rwanda Bukomeje Guhagarara Neza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

BNR Ivuga Ko Ubukungu Bw’u Rwanda Bukomeje Guhagarara Neza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 December 2025 6:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Soraya Hakuziyaremye uyobora Banki nkuru y’u Rwanda yabwiye Imitwe yombi y’Inteko ishinga amategeko ko ubukungu bw’igihugu mu mwaka wa 2024/2025 bwazamutse ku kigero cya 6.3%.

Ahanini urwego rwa serivisi nirwo rwazamutse ku kigero cya 8.6% hakurikiraho urwego rw’ubuhinzi rwazamutse ku kigero cya 3.9%.

Urwego rw’inganda rwo ryazamutse ku kigero cya 3.2%.

Soraya yabivuze ubwo yagezaga ku bagize Inteko ishinga amategeko raporo y’ibikorwa bya Banki ayoboye mu mwaka wavuzwe haruguru.

Guverineri avuga kandi ko umutungo w’ikigega cya Leta cy’ubwiteganyiriza bwa pansiyo wazamutseho 26%, uw’ibigo by’abikorera wazamutseho 19%, naho uw’ikigega cya Ejo Heza wazamutseho 30 %.

Agaciro ko kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga kageze kuri 321% muri Kamena 2025 ugereranyije na 211% muri Kamena 2024, bitewe cyane n’ikoreshwa rya terefoni ngendanwa na serivisi z’imari, mu gihe eKash yiyongereyeho 251 ku ijana ikaba ifite abakoresha barenga miliyoni 2.1.

Muri rusange Banki nkuru y’u Rwanda ivuga ko izakomeza gukurikirana hafi ubuzima bw’ifaranga ry’igihugu ngo ritagwa mu gaciro karyo ugereranyije n’amadovize.

TAGGED:AbadepiteAmafarangafeaturedIntekoRwandaSorayaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RBC Iributsa Urubyiruko Kwisuzumisha Rukamenya Uko Ruhagaze Ku Bwandu Bwa SIDA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BNR Ivuga Ko Ubukungu Bw’u Rwanda Bukomeje Guhagarara Neza

RBC Iributsa Urubyiruko Kwisuzumisha Rukamenya Uko Ruhagaze Ku Bwandu Bwa SIDA

Ruhango: Urwego Rw’Umuvunyi Rwasanze Mu Miryango Higanje Ibibazo By’Izungura

Indonesia: 500 Bishwe N’Imyuzure, Abarokotse Kubona Icyo Kurya Ni Ingorabahizi

Mu Rwanda Kurwara Amenyo Ni Ikibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

You Might Also Like

Mu mahanga

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?