Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bobi Wine Yarashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Yarashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 September 2024 6:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’Umunyepolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye ku izina rya Bobi Wine yaraye arashwe akaguru.

Ni ikibazo gikomeye kuri uyu muhanzi wigeze kumara igihe runaka ahangana na Museveni ariko ntiyabasha kumusimbura ku butegetsi biranga.

Iby’uko yaraye arashwe byamamariye ku mbuga nkoranyambaga aragagara yicaye hasi atabasha gukandagira.

Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mugabo atabasha kugenda, abasore bamuterura bakamwinjiza mu modoka kugira ajyanwe kwa muganga.

Abashyize amafoto ye kuri X bakurikijeho amagambo agira ati:  “Bobi Wine yarashwe  na Polisi ku kaguru arasirwa ahitwa Bulindo! Yajyanywe kwa muganga kugira ngo yitabweho. Turakomeza kubaha amakuru ajyanye na byo”.

Bivugwa ko yarasiwe i Bulindo ahitwa Kira aho yari yagiye kubonana n’umwe mu banyamategeko b’ishyaka ayoboye, uwo muhanga akaba yitwa Musisi George.

Bobi Wine ayobora ishyaka National Unity Platform rirusha andi mashyaka atavuga rumwe na Leta umubare munini w’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda.

Afite imyaka  42 y’amavuko.

Ubwo aheruka kwiyamamariza kuyobora Uganda hari mu mwaka wa 2021, icyo gihe atsindwa amatora ku majwi 35% mu gihe Perezida Museveni yayatsinze ku majwi 58%.

Robert Kyagulanyi yatangaje ko yibwe amajwi ndetse na Ambasaderi w’Amerika muri iki gihugu atangaza ko hari ibigaragaza ko Wine yibwe ndetse ko na bamwe mu bari bamushyigikiye bakorewe ihohoterwa.

Video kuri X yerekana iraswa rye:

As you can hear in this recording, there was a clear order to "SHOOT HIM" before our President ⁦⁦@HEBobiwine⁩ was shot! No amount of lies can cover up for this criminal action. Their intention was clear. – Admin pic.twitter.com/Ikb1IKJilZ

— BOBI WINE (@HEBobiwine) September 3, 2024

TAGGED:BobiKyagulanyiMuseveniRobertUgandaWine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Ya Indonesia Kagame Ari Mu Bushinwa
Next Article Kudateza Imbere Ubuhinzi Bigwingiza Abana B’Afurika-PM Ngirente
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?