Perezida Yoweli Museveni yaraye yemeye ko hari amajwi yibwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka kuba tariki 14, Mutarama, 2021 ariko akemeza ko uwo bari bahanganye[ wayatsinzwe]...
Bobi Wine yaraye yanditse inyandiko ayigeza ku Rukiko rw’Ikirenga atanga ingingo zerekana ko yibwe amajwi mu Matora y’Umukuru w’Igihugu aherutse yatsinzwe na Yoweri Museveni. Abanyamategeko be...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zitangaje ko zigiye kwicara zikiga ku bihano zafatira ubutegetsi bwa Uganda zibushinja ko bwibiye Museveni amajwi agatsinda Amatora y’Umukuru w’Igihugu aheruka. Yari...
Ingabo za Uganda zari zimaze iminsi 11 zikambitse ku rugo rwa Hon Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine Zategetswe gutangira kuhava. Umunyamategeko we witwa George...
Umuturage w’i Kampala yabwiye Taarifa ko hashize iminota mike Ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanano Uganda Communications Commission(UCC) yongeye kurekura murandasi. Yatubwiye ko abantu bishimye ariko hari impungenge...