Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Brazil: Indege Yari Irimo Abantu 61 Yasandaye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Brazil: Indege Yari Irimo Abantu 61 Yasandaye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2024 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Brazil Lula Da Silva yatangaje ko igihugu cye kiri mu kababaro kenshi nyuma y’ihanuka ry’indege yari itwaye abantu 62 bose bakaba bapfuye.

Ni indege y’ikigo kitwa Voepass, ikaba yagize iyo mpanuka imaze igihe gito ihagurutse.

Iyi ndege ngo yagize ikibazo cya moteri

Umwe mu bahanga bamaze igihe kirekire batwara indege witwa Ross Aimer yabwiye Dailymail ko bishoboka cyane ko iriya mpanuka yatewe na moteri yagize ikibazo abapilote bakabura ukundi babigenza.

Ku rundi ruhande, yemeza ko izindi mpamvu zishobora kuba zateye kiriya kibazo zifitanye isano n’uko ibaba ry’indege ryaba ryagonze ikintu ntirishobore gukomeza kuyiha uburyo bwo kureremba mu kirere, cyangwa se indege igahura n’umuyaga ukomeye cyane.

Perezida Lula Da Silva yiyanganishije imiryango yabuze yaburiye ababo muri iyi mpanuka

Iriya ndege yo muri Brazil yagize ikibazo imaze kuzamuka metero 17,000.

Iyo mpanuka yabereye ahitwa Vinhedo muri Brazil.

TAGGED:BrazilImpanukaIndegePerezidaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Guca Agahigo Mu Kwihaza Ku Mbangukiragutabara
Next Article Rwanda: Barashaka Gushinga Banki Itera Inkunga Abahinzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Icyizere Cy’Uko Ukraine Izatsinda Intambara Irwana N’Uburusiya Ni Gike

DRC: Abantu 40 Bapfiriye Mu Kirombe

Rwanda: Ibicurane Byakuye Bamwe Umutima, Minisanté Irahumuriza Abantu

Icyerekezo Minisiteri Y’Uburezi Ifite Ku Mubare W’Abarimu

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

You Might Also Like

Mu mahanga

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?