Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bumuntu yaraye ataramiye abantu mu buryo bwa Live idakoresheje ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Bumuntu yaraye ataramiye abantu mu buryo bwa Live idakoresheje ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 December 2020 6:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda witwa Andy Bumuntu yaraye akoze igitaramo  cy’imbonankubone(Live) cyari kigamije gususurutsa abitabiriye umuhango wo gufungura Ijuru restaurant ya ONOMO Hotel.

Iyi Hoteli iherereye mu Karere ka Nyarugenge mbere y’uko ugera ahitwa  kuri Peyaje. Ni mu kaboko k’iburyo munsi y’umuhanga wa Kaburimbo.

Ibirori byatangiye ahagana saa kumi n’ebyiri (06:00pm) birangira saa mbiri n’igice( 8:30pm)

Ababyitabiriye bari bizihiwe, bacinya n’akadiho!

Hari abandi bantu bamuritse ibyo bashoboye gukora harimo nka Davis usanzwe ari umunyabugeni wamuritse amashusho akora, umushyushyarugamba David Bayingana wari umusangiza w’amagambo n’abandi.

Bumuntu niwe muhanzi wakoze igitaramo cy’imbonankubone hatifashishijwe ikoranabuhanga kuva COVID-19 yagera mu Rwanda, ibitaramo bigahagarikwa.

Aha ni ku restaurant Ijuru
Umunyabugeni Davis
Umunezero wagaragaraga ku maso
Andy Bumuntu niwe wa mbere ukoze umuziki wa Live mu buryo bufifashishije murandasi
Ari mu bahanzi bamaze kumenyekana mu Rwanda
TAGGED:BumuntufeaturedHotelKigaliNyarugengeONOMOUmunezero
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima
Next Article Nyaruguru: Ku nshuro ya kabiri bitwikiriye ijoro barandura ibishyimbo by’umuturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?