Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bunyoni Yashinjwe Gushaka Kwica Perezida Ndayishimiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bunyoni Yashinjwe Gushaka Kwica Perezida Ndayishimiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 November 2023 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko  rw’Uburundi rwaraye rwumvise ikirego gitangwa n’ubushinjacyaha cy’uko Alain-Guillaume Bunyoni  wahoze ari Minisitiri w’Intebe yakoze umugambi wo guhitana Perezida Evariste Ndayishimiye.

Urubanza rwa Bunyoni rwatangiye neza ku wa Mbere taliki 06, Ugushyingo, 2023.

Mu byo ubushinjacyaha bwaraye bumushinje harimo no kugambirira guhitana Perezida Evariste Ndayishimiye.

Aregwa kandi gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko.

Ibi byose ariko arabihakana.

Aregwa kandi gutuka Perezida Ndayishimiye na  Minisitiri w’Intebe witwa  Gervais Ndirakobuca.

Mu kurambura ibirego bumurega, ubushinjacyaha buvuga ko iwe bwahasanze n’amafaranga menshi y’abanyamahanga, bukabiheraho buvuga ko yari agamije no guhungabanya ubukungu bw’Uburundi.

Alain Guillaume Bunyoni ashinjanwa n’abandi bantu batandatu, amategeko akaba avuga ko aramutse ahamwe n’ibyo aregwa yahanishwa gufungwa burundu.

TAGGED:BunyonifeaturedKwicaLetaNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Yafashe Abantu 30 Biyise ABAHEBYI
Next Article Ese Abayobozi Bumva Uburemere Bw’Umugani ‘Nyamwanga Kumva Ntiyanze No Kubona’?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?