Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bunyoni Yashinjwe Gushaka Kwica Perezida Ndayishimiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bunyoni Yashinjwe Gushaka Kwica Perezida Ndayishimiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 November 2023 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko  rw’Uburundi rwaraye rwumvise ikirego gitangwa n’ubushinjacyaha cy’uko Alain-Guillaume Bunyoni  wahoze ari Minisitiri w’Intebe yakoze umugambi wo guhitana Perezida Evariste Ndayishimiye.

Urubanza rwa Bunyoni rwatangiye neza ku wa Mbere taliki 06, Ugushyingo, 2023.

Mu byo ubushinjacyaha bwaraye bumushinje harimo no kugambirira guhitana Perezida Evariste Ndayishimiye.

Aregwa kandi gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko.

Ibi byose ariko arabihakana.

Aregwa kandi gutuka Perezida Ndayishimiye na  Minisitiri w’Intebe witwa  Gervais Ndirakobuca.

Mu kurambura ibirego bumurega, ubushinjacyaha buvuga ko iwe bwahasanze n’amafaranga menshi y’abanyamahanga, bukabiheraho buvuga ko yari agamije no guhungabanya ubukungu bw’Uburundi.

Alain Guillaume Bunyoni ashinjanwa n’abandi bantu batandatu, amategeko akaba avuga ko aramutse ahamwe n’ibyo aregwa yahanishwa gufungwa burundu.

TAGGED:BunyonifeaturedKwicaLetaNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Yafashe Abantu 30 Biyise ABAHEBYI
Next Article Ese Abayobozi Bumva Uburemere Bw’Umugani ‘Nyamwanga Kumva Ntiyanze No Kubona’?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

You Might Also Like

Ubukungu

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?