Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Buravani Umuhanzi Wari Inyamamare Amaze Imyaka Ibiri Atabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Buravani Umuhanzi Wari Inyamamare Amaze Imyaka Ibiri Atabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2024 12:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imyaka ibaye ibiri umuhanzi wari inyamamare kurusha benshi mu Rwanda Yvan Buravani atabarutse.

Taliki 17, Kanama, 2022 nibwo inkuru mbi yasesekaye ko Burabyo Yvan yapfuye nyuma y’igihe runaka yari amaranye uburwayi, akaba yarapfuye afite imyaka 27.

Yari yarivurije mu Rwanda, biranga ajya muri Kenya biranga akomereza mu Buhinde biranga indwara iramuhitana.

Yvan Buravani yavukiye i Gikondo mu mujyi wa Kigali, akaba yari bucura mu bana batandatu.

Impano ye yamenyekanye ubwo yabaga uwa kabiri mu marushanwa ya muzika ku rwego rw’igihugu, icyo gihe yari afite imyaka 14.

Indirimbo ‘Malaika’ yasohoye mu 2016 iri mu zakunzwe cyane mu Rwanda zituma yamamara.

Mu mwaka wa  2018 yegukanye igihembo mpuzamahanga cya Prix Découvertes gitegurwa na RFI ifatanyije na UNESCO n’umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa, OIF.

Izindi ndirimbo ze nka ‘Just Dance’, ‘Si Belle’, ‘Ye Ayee’, cyangwa iyitwa ‘Garagaza’ yakoranye na Se Michael Burabyo, zarakunzwe cyane.

Abahanzi Masamba Intore na Ruti Joel bavuga ko mu gitaramo bateganya kuzakora mu gihe gito kiri imbere, bazibuka ubuhanga bw’uriya muhanzi wapfuye akiri muto, asigira benshi intimba no kumukumbura.

TAGGED:BuravanifeaturedIndirimboUkunzweUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sudani Y’Epfo: Gutegura Amatora Bikomeje Kunanirana
Next Article Abanyarwanda Baraburirwa Kudakoresha Vinѐgre Zakuwe Ku Isoko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uhagarariye u Rwanda Muri Singapore Yahaye Perezida Wayo Impapuro Zibimwemerera

Icyizere Cy’Uko Ukraine Izatsinda Intambara Irwana N’Uburusiya Ni Gike

DRC: Abantu 40 Bapfiriye Mu Kirombe

Rwanda: Ibicurane Byakuye Bamwe Umutima, Minisanté Irahumuriza Abantu

Icyerekezo Minisiteri Y’Uburezi Ifite Ku Mubare W’Abarimu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Sarkozy Agiye Kurekurwa

You Might Also Like

Umutekano

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Menya Uko u Rwanda Rwakiriye Amasezerano Yasinywe Hagati Ya Kinshasa Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Umutekano

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?