Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burera: Perezida Kagame yagabiye abaturage inka 20
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Burera: Perezida Kagame yagabiye abaturage inka 20

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 10:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame yagabiye abaturage inka kubera kwitwara neza mu kubungabunga umutekano wabo.
SHARE

Major General Eric Murokore ari kumwe na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Bwana JMV Gatabazi bashyikirije abaturage bo mu murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera inka 20 bagabiwe na Perezida Kagame.

Bariya bayobozi babwiye abaturage ko ziriya nka bazihawe n’Umukuru w’Igihugu mu rwego rwo kubashimira uruhare bagira mu kwicungira umutekano.

Bababwiye kandi ko Perezida abashimira uruhare bagira mu kwiteza imbere.

Guverineri Gatabazi avuga ko kuba abatuye Cyanika bafatanya n’inzego z’umutekano mu guhashya abatera u Rwanda ari ikintu cyo kwishimira kuko bifasha mu kurinda ubusugire bw’u Rwanda.

Yavuga kandi ko kuba abaturage bagira uruhare mu gukumira ko abantu bambutsa ibiyobyabwenge n’ibindi bicuruzwa bitemewe bifasha mu kurinda ubukungo n’ubuzima bw’Abanyarwanda muri rusange.

Yagize ati: ” Inka mwahawe uuu munsi ni ikimenyetso cy’urukundo , ubumwe n’ubwitange mwerekanye mu kubumbatira umutekano n’iterambere mu gace mutuyemo.”

Umwe mu baturage bahawe inka witwa Marie Chantal Uwimana avuga ko inka ahawe izamufasha mu gutuma abana be batanu bagira imikurire myiza binyuze mu kubaha amata.

Perezida Kagame yagabiye abaturage inka kubera kwitwara neza mu kubungabunga umutekano wabo.
TAGGED:BureraCyanikafeaturedInkaKagameMurokore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu ivuga ko Polisi itabangamiye abanyamakuru muri ‘Guma mu rugo’
Next Article Made in Rwanda Expo 2020 ViaVia Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?