Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burera: Yishe Umugore We Ubwoba Butuma Yikingirana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Burera: Yishe Umugore We Ubwoba Butuma Yikingirana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 July 2023 4:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Gahunga hafatiwe umugabo ukekwaho kwica umugore we. Ubwo bwicanyi bwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ariko kumufata bibanza kugorana kubera ko yari yifungiranye.

Umugore we yitwaga Elina Uzamukunda, bakaba babanaga mu Mudugudu wa Ntenyo, Akagari ka Nyangwe mu Murenge wa Gahunga muri Burera.

Musaza wa nyakwigendera witwa Ndayambaje Alex ubwo yinjiraga mu cyumba yasanze mushiki we  yashizemo umwuka.

Kugeza ubu kandi ngo ntiharamenyekana uburyo uriya mugabo yakoresheje amwica.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abaturanyi b’uriya muryango bavuga ko Nshimiyimana yari asanzwe ari umurembetsi.

Abarembetsi ni abantu bacuruza magendu  ariko ngo yari afite indi nshoreke mu kandi kagari.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Alex Ndayisenga avuga uriya mugabo yafashwe ubwo yageragezaga gutoroka.

Avuga ko ubusanzwe mbere y’uko abashakanye bicana, haba hari ibimenyetso by’uwo mwuka mubi.

Abaturanyi barasabwe kujya babireba bakabibwira inzego z’umutekano cyangwa iz’ibanze kugira ngo bikumirwe.

- Advertisement -

Ukurikiranywe ho ubwicanyi afungiye kuri Station ya Polisi yo mu Gahunga aho ari gukurikiranwa na RIB.

TAGGED:BurerafeaturedKwicanaPolisiUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburusiya N’Ubushinwa Byagize Icyo Bivuga Ku Ntwaro Amerika Igiye Guha Ukraine
Next Article Umusirikare W’u Rwanda Yiciwe Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?