Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Buri Gihugu Kigira Ibibazo Ariko Gukorera Hamwe Byabikemura- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Buri Gihugu Kigira Ibibazo Ariko Gukorera Hamwe Byabikemura- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2023 6:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ruzinduko ari mo muri Guinée Conakry, Perezida Kagame yabwiye abaturage ba kiriya gihugu ko n’ubwo buri gihugu kigira ibibazo byacyo, ariko ubufatanye no kungurana ibitekerezo byatanga igisubizo kuri byo bibazo.

Yageze i Conakry avuye muri Bissau aho yaganiriye na mugenzi we witwa Umaro Mokhtar Sissoco Embaló.

Perezida Kagame Yakiriye Uwa Guinea Bisau

Uyu yambitse Perezida Kagame umudali umushimira ubufatanye u Rwanda rufitanye na Guinée Bissau.

Ni umudali iki gihugu giha abantu bakigiriye akamaro barimo abagikomokamo cyangwa abo mu bindi bihugu.

Ageze i Conakry  Kagame yakiriwe na mugenzi ndetse bafatanya guha ikiganiro itangazamakuru.

Mu ijambo rye hari aho yagize ati:  “ Ku mugabane wacu, buri gihugu kigira ibibazo byacyo. Natwe mu Rwanda dufite ibyacu. No muri Guinée n’aho hari ibibazo by’aho. Dufatanyije ariko nta kibazo tutabonera umuti.”

Perezida Kagame yaherukaga muri Guinée Conakry ubwo yayoborwaga na Alpha Condé.

Uyu mukambwe yaje guhirikwa ku butegetsi na Colonel Mamadi Doumbouya uri kuyobora iki gihugu mu gihe cy’inzibacyuho.

Perezida Alpha Condé Yahiritswe Ku Butegetsi

TAGGED:AfurikaDoumbouyafeaturedGuineaKagameUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sudani: Ibisasu Biremereye Biri Kuraswa Mu Murwa Mukuru
Next Article Ingabo Za Guinea Bissau Zaririmbye Ibigwi Bw’Ingabo Z’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?