Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Buri Gihugu Kigira Ibibazo Ariko Gukorera Hamwe Byabikemura- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Buri Gihugu Kigira Ibibazo Ariko Gukorera Hamwe Byabikemura- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2023 6:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ruzinduko ari mo muri Guinée Conakry, Perezida Kagame yabwiye abaturage ba kiriya gihugu ko n’ubwo buri gihugu kigira ibibazo byacyo, ariko ubufatanye no kungurana ibitekerezo byatanga igisubizo kuri byo bibazo.

Yageze i Conakry avuye muri Bissau aho yaganiriye na mugenzi we witwa Umaro Mokhtar Sissoco Embaló.

Perezida Kagame Yakiriye Uwa Guinea Bisau

Uyu yambitse Perezida Kagame umudali umushimira ubufatanye u Rwanda rufitanye na Guinée Bissau.

Ni umudali iki gihugu giha abantu bakigiriye akamaro barimo abagikomokamo cyangwa abo mu bindi bihugu.

Ageze i Conakry  Kagame yakiriwe na mugenzi ndetse bafatanya guha ikiganiro itangazamakuru.

Mu ijambo rye hari aho yagize ati:  “ Ku mugabane wacu, buri gihugu kigira ibibazo byacyo. Natwe mu Rwanda dufite ibyacu. No muri Guinée n’aho hari ibibazo by’aho. Dufatanyije ariko nta kibazo tutabonera umuti.”

Perezida Kagame yaherukaga muri Guinée Conakry ubwo yayoborwaga na Alpha Condé.

Uyu mukambwe yaje guhirikwa ku butegetsi na Colonel Mamadi Doumbouya uri kuyobora iki gihugu mu gihe cy’inzibacyuho.

Perezida Alpha Condé Yahiritswe Ku Butegetsi

TAGGED:AfurikaDoumbouyafeaturedGuineaKagameUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sudani: Ibisasu Biremereye Biri Kuraswa Mu Murwa Mukuru
Next Article Ingabo Za Guinea Bissau Zaririmbye Ibigwi Bw’Ingabo Z’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?