Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burkina Faso: Ubutegetsi Bwa Gisirikare Burakomeza Gutegeka Mu Myaka Itanu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burkina Faso: Ubutegetsi Bwa Gisirikare Burakomeza Gutegeka Mu Myaka Itanu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2024 6:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya gisirikare yari isanzwe itegeka Burkina Faso yatangaje ko igiye gukomeza kuyobora mu myaka itanu.

Ubu butegetsi bwari bumaze imyaka ibiri mu nshingano nyuma y’uko buhiritse ubutegetsi bwa Roch Kabore.

Captain Ibrahim Traoré niwe uyobora Burkina Faso muri iki gihe.

Uyu musirikare muto mu mapeti ariko akaba yaragiriwe icyizere ngo ayobora iki gihugu bivugwa ko ari icy’inyangamugayo aherutse kuvuga ko igihugu cye kidashaka gukorana n’Ubufaransa ahubwo gishobora kwishakira abafatanyabikorwa.

N’ubwo agiye gukomeza kuyobora iki gihugu, yari aherutse kuvuga ko azaha abasivili ubutegetsi ariko ubu yahinduye izi imvugo.

Byari biteganyijwe ko azava ku butegetsi muri Nyakanga, 2024.

BBC ivuga ko Burkina Faso yamaze gutangira gukorana na Mali mu rwego rwo gukomeza gukora gisirikare mu miyoborere y’ibi bihugu.

Yungamo ko iyo mikoranire yemerejwe mu nama iherutse kubera i Ouagadougou.

Muri iyo nama byemejwe ko Capt Traoré azakomeza kuyobora andi mezi 60, azatangira kubarwa taliki 02, Nyakanga, 2024.

Ubuyobozi bwa Burkina Faso buvuga ko ibintu bigenze neza hagati aho amatora yategurwa akanakorwa.

Ubutegetsi bwa gisirikare muri Burkina Faso bwatangiye muri Mutarama, 2022 ubwo Lt Col Paul-Henri Damiba yahirikaga Perezida Roch Kaboré.

Icyo gihe yavuze ko ahiritse ubutegetsi kuko uwo yahiritse yananiwele guhangana n’inyeshyamba zari zarazengereje Burkina Faso.

Kuva mu mwaka wa 2015 nibwo ibibazo byatangiye muri Burkina Faso

Icyo gihe Al-Qaeda niyo yari yarazengeje iki gihugu.

TAGGED:Burkina FasofeaturedUbutegetsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Hagiye Kuba Inama Ikomeye Y’Abamotari Na Polisi
Next Article Huye : Akurikiranyweho Kwica Nyina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?