Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: CNDD-FDD Yatsinze Amatora Y’Abayobozi Ba Komini No Mu Nteko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Burundi: CNDD-FDD Yatsinze Amatora Y’Abayobozi Ba Komini No Mu Nteko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2025 10:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare yatangajwe na Komisiyo y’amatora mu Burundi yitwa CENI yerekana ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’abayobozi ba za Komini z’Uburundi ryerekana ko ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD ari ryo ryatsinze ku ijanisha rya 96,5 %.

Ni imibare yabonetse nyuma y’amatora yabaye tariki 05, Kamena, 2025.

CNDD-FDD yagiye ku butegetsi mu mwaka wa 2005 kandi kuva icyo gihe niyo itegeka Uburundi.

Ikindi ni uko n’ibyavuye mu matora y’Abadepite byerekana ko abahagarariye iri shyaka ari bo batsinze ku bwinshi.

Abatavuga rumwe na Leta, ku rundi ruhande, bavuga ko ariya matora yaranzwe no kwiba amajwi no gucecekesha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Gitega.

Ibyavuye mu matora bizatangazwa mu buryo bwa burundu Tariki 20, Kamena, 2025.

Ibyavuye mu matora bizatangazwa mu buryo bwa burundu Tariki 20, Kamena, 2025.

Ishyaka UPRONA niryo ryabaye irya kabiri mu kugira amajwi menshi ugereranyije n’andi mashyaka kuko ryabonye 1,38%, rikurikirwa na CNL ryabonye 0,58%.

 

TAGGED:AmbasadeAmerikafeaturedIngaboIran
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iraq: Amerika Igiye Gucyura Abayikorera Muri Ambasade Yayo
Next Article Urubyiruko Rw’u Rwanda Ruracyabangamiwe Na Byinshi Mu Kubona Akazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?