Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: CNDD-FDD Yatsinze Amatora Y’Abayobozi Ba Komini No Mu Nteko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Burundi: CNDD-FDD Yatsinze Amatora Y’Abayobozi Ba Komini No Mu Nteko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2025 10:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare yatangajwe na Komisiyo y’amatora mu Burundi yitwa CENI yerekana ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’abayobozi ba za Komini z’Uburundi ryerekana ko ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD ari ryo ryatsinze ku ijanisha rya 96,5 %.

Ni imibare yabonetse nyuma y’amatora yabaye tariki 05, Kamena, 2025.

CNDD-FDD yagiye ku butegetsi mu mwaka wa 2005 kandi kuva icyo gihe niyo itegeka Uburundi.

Ikindi ni uko n’ibyavuye mu matora y’Abadepite byerekana ko abahagarariye iri shyaka ari bo batsinze ku bwinshi.

Abatavuga rumwe na Leta, ku rundi ruhande, bavuga ko ariya matora yaranzwe no kwiba amajwi no gucecekesha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Gitega.

Ibyavuye mu matora bizatangazwa mu buryo bwa burundu Tariki 20, Kamena, 2025.

Ibyavuye mu matora bizatangazwa mu buryo bwa burundu Tariki 20, Kamena, 2025.

Ishyaka UPRONA niryo ryabaye irya kabiri mu kugira amajwi menshi ugereranyije n’andi mashyaka kuko ryabonye 1,38%, rikurikirwa na CNL ryabonye 0,58%.

 

TAGGED:AmbasadeAmerikafeaturedIngaboIran
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iraq: Amerika Igiye Gucyura Abayikorera Muri Ambasade Yayo
Next Article Urubyiruko Rw’u Rwanda Ruracyabangamiwe Na Byinshi Mu Kubona Akazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?