Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Inzego Z’Umutekano Zemerewe Kujya Mu Micungire Y’Ikawa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Inzego Z’Umutekano Zemerewe Kujya Mu Micungire Y’Ikawa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2024 12:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko inzego z’umutekano mu Burundi zemerewe kujya mu makoperative ahinga, asarura kandi agatunganya ikawa.

Umuvugizi wa Guverinoma y’Uburundi witwa Rosine Guilène Gatoni avuga ko byakozwe mu rwego rwo guhashya ruswa yamunze inzego.

. Umuvugizi wa Guverinoma y’Uburundi Rosine Guilène Gatoni

Iki cyemezo cyafatiwe mu mwiherero abayobozi bakuru b’Uburundi batangiye gukorera mu Ntara ya Ngozi.

Abayobozi b’iki gihugu, nk’uko Gatoni abivuga, biyemeje ko Uburundi bugomba kuzahura ubukungu bwabwo kandi ko ari inzira batangiye idasubira inyuma kandi bigomba kugirwamo uruhare na buri wese harimo n’abikorera ku giti cyabo.

Perezida Ndayishimiye avuga ko hagomba kujyaho Komisiyo yihariye yo kureba ko intego yo kwita ku ikawa no kuyiteza imbere igerwaho.

Uburundi butakaza miliyoni $30 buri mwaka biturutse kuri ruswa no gukoresha nabi umutungo wa Leta

Iki gihugu gitangaza ko gifite intego yo kuzava mu bihugu bikennye cyane( ubu ni icya kabiri nyuma ya Sudani y’Epfo mu bihugu bikennye kurusha ibindi ku isi), mu mwaka wa 2060  kikazaba igihugu kihagazeho  mu bukungu.

TAGGED:BurundifeaturedGatoniIkawaNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Ambulance Y’Ibitaro Bya Remera Rukoma Yarohamye
Next Article Kugenda N’Amaguru Byibura Intambwe 10, 000 Ku Munsi Ni Ingirakamaro Cyane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?