Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Inzego Z’Umutekano Zemerewe Kujya Mu Micungire Y’Ikawa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Inzego Z’Umutekano Zemerewe Kujya Mu Micungire Y’Ikawa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2024 12:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko inzego z’umutekano mu Burundi zemerewe kujya mu makoperative ahinga, asarura kandi agatunganya ikawa.

Umuvugizi wa Guverinoma y’Uburundi witwa Rosine Guilène Gatoni avuga ko byakozwe mu rwego rwo guhashya ruswa yamunze inzego.

. Umuvugizi wa Guverinoma y’Uburundi Rosine Guilène Gatoni

Iki cyemezo cyafatiwe mu mwiherero abayobozi bakuru b’Uburundi batangiye gukorera mu Ntara ya Ngozi.

Abayobozi b’iki gihugu, nk’uko Gatoni abivuga, biyemeje ko Uburundi bugomba kuzahura ubukungu bwabwo kandi ko ari inzira batangiye idasubira inyuma kandi bigomba kugirwamo uruhare na buri wese harimo n’abikorera ku giti cyabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Perezida Ndayishimiye avuga ko hagomba kujyaho Komisiyo yihariye yo kureba ko intego yo kwita ku ikawa no kuyiteza imbere igerwaho.

Uburundi butakaza miliyoni $30 buri mwaka biturutse kuri ruswa no gukoresha nabi umutungo wa Leta

Iki gihugu gitangaza ko gifite intego yo kuzava mu bihugu bikennye cyane( ubu ni icya kabiri nyuma ya Sudani y’Epfo mu bihugu bikennye kurusha ibindi ku isi), mu mwaka wa 2060  kikazaba igihugu kihagazeho  mu bukungu.

TAGGED:BurundifeaturedGatoniIkawaNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Ambulance Y’Ibitaro Bya Remera Rukoma Yarohamye
Next Article Kugenda N’Amaguru Byibura Intambwe 10, 000 Ku Munsi Ni Ingirakamaro Cyane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?