Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Inzego Z’Umutekano Zemerewe Kujya Mu Micungire Y’Ikawa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Inzego Z’Umutekano Zemerewe Kujya Mu Micungire Y’Ikawa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2024 12:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko inzego z’umutekano mu Burundi zemerewe kujya mu makoperative ahinga, asarura kandi agatunganya ikawa.

Umuvugizi wa Guverinoma y’Uburundi witwa Rosine Guilène Gatoni avuga ko byakozwe mu rwego rwo guhashya ruswa yamunze inzego.

. Umuvugizi wa Guverinoma y’Uburundi Rosine Guilène Gatoni

Iki cyemezo cyafatiwe mu mwiherero abayobozi bakuru b’Uburundi batangiye gukorera mu Ntara ya Ngozi.

Abayobozi b’iki gihugu, nk’uko Gatoni abivuga, biyemeje ko Uburundi bugomba kuzahura ubukungu bwabwo kandi ko ari inzira batangiye idasubira inyuma kandi bigomba kugirwamo uruhare na buri wese harimo n’abikorera ku giti cyabo.

Perezida Ndayishimiye avuga ko hagomba kujyaho Komisiyo yihariye yo kureba ko intego yo kwita ku ikawa no kuyiteza imbere igerwaho.

Uburundi butakaza miliyoni $30 buri mwaka biturutse kuri ruswa no gukoresha nabi umutungo wa Leta

Iki gihugu gitangaza ko gifite intego yo kuzava mu bihugu bikennye cyane( ubu ni icya kabiri nyuma ya Sudani y’Epfo mu bihugu bikennye kurusha ibindi ku isi), mu mwaka wa 2060  kikazaba igihugu kihagazeho  mu bukungu.

TAGGED:BurundifeaturedGatoniIkawaNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Ambulance Y’Ibitaro Bya Remera Rukoma Yarohamye
Next Article Kugenda N’Amaguru Byibura Intambwe 10, 000 Ku Munsi Ni Ingirakamaro Cyane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?