Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko mu gihe inzego nyinshi z’ubukungu ziri kuzamuka mu musaruro, ubuhinzi bw’ibihingwa ngandurarugo bukomeje kudindira. Imibare iki kigo cyasohoye kuri uyu wa...
Amabwiriza yaraye asohowe na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko Leta y’u Rwanda ishaka ko abatunganya ikawa bose bayoza k’uburyo iba nziza ku kigero kirenze 80%. Uzashaka...
Umuyobozi w’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije Juliet Kabera avuga ko Leta iri gusuzuma uko amasahane n’ibikombe byacika mu mashuri. Kabera avuga ko amasahane n’ibikombe abana...
Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda witwa Hudson avuga ko abashoramari b’u Rwanda bataraha Ubushinwa ibyo bubakeneyeho ku kigero bwifuza kandi bwo bwiteguye kwishyura....
Abantu bataramenyekana biraye mu ikawa z’umuturage witwa Dusabe Eugène wo mu Mudugudu wa Nyakivomero, Akagari ka Mahesha mu Murenge wa Gitambi muri Rusizi barazirandura, izibananiye bazitemera...