Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Urukiko Rurinda Itegeko Nshinga Rwemeje Ibiherutse Kuva Mu Matora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Urukiko Rurinda Itegeko Nshinga Rwemeje Ibiherutse Kuva Mu Matora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 June 2025 7:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo.

Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 2025, aba iy’abayobora za Komini n’iy’abagize Inteko ishinga amategeko.

Nk’uko biteganywa n’ingengabihe ya Komisiyo y’amatora, CENI, Tariki 20, Kamena, 2025 nibwo Urukiko rurinda Itegeko Nshinga ry’Uburundi rwagombaga gutangaza uko rwasanze ibyavuye mu matora bimeze.

Perezida warwo witwa Valentin Bagorikunda avuga ko ibyo abavugaga ko hari amajwi yibwe cyangwa ko hari ibyagenze nabi muri ariya matora bibeshyaga, ko nta shingiro byari bifite.

Ishyaka riri k’ubutegetsi mu Burundi CNDD/FDD ryagize amajwi 108 muri 111 agize abagize Inteko ishinga amategeko y’Uburundi, andi itatu isigaye ikaba iy’Abatwa nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga ry’Uburundi.

Reverien Ndikuriyo, Umunyamabanga Nshingwabikorqa w’Ishyaka CNDD-FDD yari ahari.

Abagize Inteko ishinga amategeko y’Uburundi bazakora akazi mu gihe cy’imyaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2025 na 2030.

TAGGED:AmatorafeaturedIntambaraKomisiyoNdikuriyo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ingamba Za Guverinoma Zahinduye Ubuzima Bw’Abanyarwanda
Next Article Rwanda: Ubumenyi Bw’Icyongereza Mu Barimu Buracagase
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?