Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 July 2025 10:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emerence Bwiza ari gutegura igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, kikazahurirana n’isabukuru ye y’amavuko.

Kizaba Tariki 9, Kanama, 2025 kibere muri Kigali Universe kandi kwinjira n’uko ubanza kwerekana ubutumire.

Ushinzwe inyungu ze mu kazi witwa Uhujimfura Jean Claude avuga ko imyaka ine Bwiza amaze mu buhanzi ari iyo guhabwa agaciro.

Yabwiye itangazamakuru ati: “Bizaba ari umunsi mukuru w’isabukuru ya Bwiza kandi azaba yizihiza imyaka ine amaze mu muziki. Tuzagira umwanya wo kumva alubumu ze cyane ko atarazikorera ibitaramo byo kuzimurika mu Rwanda.”

Ku byerekeye icyatumye hazinjira abatumiwe gusa, Uhujimfura yavuze ko byabaye kubera ko ari abantu bakoranye na Bwiza mu myaka ine amaze mu muziki.

Ati: “Abakunzi b’umuziki twahuriye mu bitaramo bitandukanye kandi n’ubu tubatekerezaho, ariko uyu uzaba ari umwanya wo guhura naba bantu twatangiranye cyangwa twagendanye uru rugendo”.

Kugeza ubu, Bwiza afite alubumu ebyiri zirimo ‘My Dream’ yasohoye mu mwaka wa 2023 n’indi yitwa ‘25 Shades’ yasohoye mu mwaka wa 2024.

TAGGED:BwizaIgitaramoUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inteko Yemeje Burundu Amasezerano Y’Amahoro Y’u Rwanda Na DRC
Next Article Umutingito Wateje Tsunami Mu Bihugu Bikora Ku Nyanja Ya Pacifique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?