Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 July 2025 10:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emerence Bwiza ari gutegura igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, kikazahurirana n’isabukuru ye y’amavuko.

Kizaba Tariki 9, Kanama, 2025 kibere muri Kigali Universe kandi kwinjira n’uko ubanza kwerekana ubutumire.

Ushinzwe inyungu ze mu kazi witwa Uhujimfura Jean Claude avuga ko imyaka ine Bwiza amaze mu buhanzi ari iyo guhabwa agaciro.

Yabwiye itangazamakuru ati: “Bizaba ari umunsi mukuru w’isabukuru ya Bwiza kandi azaba yizihiza imyaka ine amaze mu muziki. Tuzagira umwanya wo kumva alubumu ze cyane ko atarazikorera ibitaramo byo kuzimurika mu Rwanda.”

Ku byerekeye icyatumye hazinjira abatumiwe gusa, Uhujimfura yavuze ko byabaye kubera ko ari abantu bakoranye na Bwiza mu myaka ine amaze mu muziki.

Ati: “Abakunzi b’umuziki twahuriye mu bitaramo bitandukanye kandi n’ubu tubatekerezaho, ariko uyu uzaba ari umwanya wo guhura naba bantu twatangiranye cyangwa twagendanye uru rugendo”.

Kugeza ubu, Bwiza afite alubumu ebyiri zirimo ‘My Dream’ yasohoye mu mwaka wa 2023 n’indi yitwa ‘25 Shades’ yasohoye mu mwaka wa 2024.

TAGGED:BwizaIgitaramoUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inteko Yemeje Burundu Amasezerano Y’Amahoro Y’u Rwanda Na DRC
Next Article Umutingito Wateje Tsunami Mu Bihugu Bikora Ku Nyanja Ya Pacifique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Yafashe Abategeraga Abantu Muri Gare Ya Nyanza Bakabambura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Hari Icyo Sena Yifuza Ku Banyarwanda Baba Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?