Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bwiza Asaba Urubyiruko Kudaceceka Aho Bumvise Abapfobya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Asaba Urubyiruko Kudaceceka Aho Bumvise Abapfobya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2025 12:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emerance Bwiza  usanzwe ari umuhanzi uri mu bakunzwe n’urubyiruko rw’ubu asaba urubyiruko n’abandi muri rusange kwamagana abapfobya Jenoside mu buryo ubwo ari bwo bwose.

Ku mbuga nkoranyambaga akoresha, Bwiza Emerance yagize ati: “Muri ibi bihe twibuka ku nshuro ya 31, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nifatanyije n’Abanyarwanda by’umwihariko ababuze ababo bazize uko bavutse.”

Yunzemo ati: “ Ndasaba urubyiruko by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga kudaceceka mu gihe babonye abahakana cyangwa bagapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, twibuke twiyubaka.”

Bwiza ni umwe mu bahanzi bakunze kugaragara mu bikorwa bitandukanye biteza igihugu imbere, akaba asanganywe umushinga wo gutera ibiti mu Karere ka Bugesera ari naho avuka.

Uyu mukobwa atuye ahitwa ku Karumuna mu Karumuna.

 

TAGGED:BwizaGupfobyaJenosideUmuhanziUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Irushanwa Ryo Kwibuka Abakinnyi Ba Basket Bazize Jenoside Riteganyijwe
Next Article Mukuralinda Yasezeweho N’Ab’Ingeri Zose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?