Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bwiza Asaba Urubyiruko Kudaceceka Aho Bumvise Abapfobya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Asaba Urubyiruko Kudaceceka Aho Bumvise Abapfobya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2025 12:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emerance Bwiza  usanzwe ari umuhanzi uri mu bakunzwe n’urubyiruko rw’ubu asaba urubyiruko n’abandi muri rusange kwamagana abapfobya Jenoside mu buryo ubwo ari bwo bwose.

Ku mbuga nkoranyambaga akoresha, Bwiza Emerance yagize ati: “Muri ibi bihe twibuka ku nshuro ya 31, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nifatanyije n’Abanyarwanda by’umwihariko ababuze ababo bazize uko bavutse.”

Yunzemo ati: “ Ndasaba urubyiruko by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga kudaceceka mu gihe babonye abahakana cyangwa bagapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, twibuke twiyubaka.”

Bwiza ni umwe mu bahanzi bakunze kugaragara mu bikorwa bitandukanye biteza igihugu imbere, akaba asanganywe umushinga wo gutera ibiti mu Karere ka Bugesera ari naho avuka.

Uyu mukobwa atuye ahitwa ku Karumuna mu Karumuna.

 

TAGGED:BwizaGupfobyaJenosideUmuhanziUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Irushanwa Ryo Kwibuka Abakinnyi Ba Basket Bazize Jenoside Riteganyijwe
Next Article Mukuralinda Yasezeweho N’Ab’Ingeri Zose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?