Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bwiza Yateguje Indirimbo Ari Kumwe Na Miss Jojo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Bwiza Yateguje Indirimbo Ari Kumwe Na Miss Jojo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2023 2:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emerance Bwiza umwe mu bakobwa bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, yatangarije kuri Twitter ko agiye kugarura mu muziki umugore wamamaye cyane mu muziki guhera mu mwaka wa 2008 kuzamura witwa Miss Jojo.

Kuri  Twitter, Bwiza yanditse ko inzozi ze zibaye impamo kuba agiye guhura n’umuntu wamukundishije umuziki mu ndirimbo imwe.

Uwo ni Miss Jojo.

Ati “Byahoze ari nzozi zanjye zo kuzamubona, zari inzozi zikomeye kuzahura n’umuntu wankundishije iyi miziki: Miss Jojo.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bivugwa ko Miss Jojo azagaragara muri imwe mu ndirimbo ziri kuri album ya Bwiza iri hafi gusohoka.

Mu butumwa bwe, Bwiza yashimye ko Miss Jojo ko yemeye kuzakorana nawe muri album ye.

Ushinzwe ibikorwa byo kwamamaza mu nzu itunganyiriza Bwiza umuziki yitwa KIKAC Music, Uhujimfura Jean Claude avuga ko kuba umwe mu bahanzi bakorana agiye kwifatanya na Miss Jojo ari ikintu kiza.

Ngo byerekana ko umurage Miss Jojo yasize, ugihabwa agaciro n’abakiri bato.

Miss Jojo

Uwineza Josiane( wamamaye kuri Miss Jojo) muri iki gihe ni umugore w’Umuyisilamu, akaba yitwa Iman Uwineza.

- Advertisement -

Yabaye ahagaritse umuziki mu mwaka wa 2017 ubwo yakoranaga ubukwe na Salim Minani.

https://twitter.com/Bwizaofficial/status/1670724669001945088?s=20

TAGGED:AlbumBwizaIndirimboJojoMissUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Ibihingwa Ngandurarugo Bikomeje Kurumba
Next Article Burundi: Abapolisi Babiri Bishwe Na Mugenzi Wabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?