Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bwiza Yateguje Indirimbo Ari Kumwe Na Miss Jojo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Bwiza Yateguje Indirimbo Ari Kumwe Na Miss Jojo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2023 2:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emerance Bwiza umwe mu bakobwa bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, yatangarije kuri Twitter ko agiye kugarura mu muziki umugore wamamaye cyane mu muziki guhera mu mwaka wa 2008 kuzamura witwa Miss Jojo.

Kuri  Twitter, Bwiza yanditse ko inzozi ze zibaye impamo kuba agiye guhura n’umuntu wamukundishije umuziki mu ndirimbo imwe.

Uwo ni Miss Jojo.

Ati “Byahoze ari nzozi zanjye zo kuzamubona, zari inzozi zikomeye kuzahura n’umuntu wankundishije iyi miziki: Miss Jojo.”

Bivugwa ko Miss Jojo azagaragara muri imwe mu ndirimbo ziri kuri album ya Bwiza iri hafi gusohoka.

Mu butumwa bwe, Bwiza yashimye ko Miss Jojo ko yemeye kuzakorana nawe muri album ye.

Ushinzwe ibikorwa byo kwamamaza mu nzu itunganyiriza Bwiza umuziki yitwa KIKAC Music, Uhujimfura Jean Claude avuga ko kuba umwe mu bahanzi bakorana agiye kwifatanya na Miss Jojo ari ikintu kiza.

Ngo byerekana ko umurage Miss Jojo yasize, ugihabwa agaciro n’abakiri bato.

Miss Jojo

Uwineza Josiane( wamamaye kuri Miss Jojo) muri iki gihe ni umugore w’Umuyisilamu, akaba yitwa Iman Uwineza.

Yabaye ahagaritse umuziki mu mwaka wa 2017 ubwo yakoranaga ubukwe na Salim Minani.

https://twitter.com/Bwizaofficial/status/1670724669001945088?s=20

TAGGED:AlbumBwizaIndirimboJojoMissUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Ibihingwa Ngandurarugo Bikomeje Kurumba
Next Article Burundi: Abapolisi Babiri Bishwe Na Mugenzi Wabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?