Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Byabagamba Yanze Kuburanishwa Gisivili Mu Bujurire Ku Cyaha Cy’Ubujura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Byabagamba Yanze Kuburanishwa Gisivili Mu Bujurire Ku Cyaha Cy’Ubujura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 April 2021 4:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tom Byabagamba wahoze ari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda yabwiye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ko rudafite ububasha bwo kumuburanisha, kuko ari umusirikare ufungiye muri gereza ya gisirikare.

Kuri uyu wa Gatanu Byabagamba yitabye urukiko mu buryo bw’ikoranabuhanga, ngo aburanishwe mu bujurire ku cyaha cy’ubujura bwa telefoni aheruka guhamywa.

Ubwo iburanisha ryari ritangiye, Byabagamba n’abamwunganira batanze inzitizi ko adakwiriye kuburanishwa n’urukiko rwa gisivili kandi ari umusirikare.

Byabagamba aheruka gukatirwa gufungwa imyaka itatu kubera icyaha cy’ubujura yahamijwe ko yakoreye muri gereza. Arimo no gukora igihano cy’imyaka 15 yakatiwe akanamburwa impeta za gisirikare, kubera ibyaha birimo kugangamira umutekano w’igihugu.

Ubushinjacyaha bwavuze ko inzitizi ze nta shingiro zifite, kuko nyuma yo guhamywa ibyaha yambuye impeta za gisirikare. Bityo ngo akwiye gukurikiranwa nk’umusivili, ari nayo mpamvu igihano yajuririye yagihawe n’urukiko rwibanze rwa Kicukiro, mu rwego rwa gisivili.

Gusa Byabagamba yahise avuga ko ari umusirikare, n’ikimenyimenyi afungiwe muri greza ya gisirikare.

Ati “Niba atari ibyo nimunjyane gufungirwa i Mageragere.”

Nyuma yo kujya impaka hagati y’ababuranyi, umucamanza yanzuye ko iburanisha risubikwa, urukiko rukazatangaza icyemezo cyarwo kuri izo nziti ku wa 22 Mata 2021, saa munani.

Byabagamba afunzwe kuva mu 2014.

TAGGED:ByabagambaColonelCOVID-19featuredRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article PSG Yatangiye Gutoranya Abatoza Izifashisha Mu Ishuri Ryayo I Huye
Next Article Perezida Touadéra Yambitse Imidali Abasirikare B’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?