Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CAF Yanze Ubusabe Bwa FERWAFA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

CAF Yanze Ubusabe Bwa FERWAFA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 September 2021 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Urutonde rw'amakipe aheruka mu kibuga.
SHARE

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yanze ubusabe FERWAFA yari yarayigejejeho iyisaba kwemerwa kuzafungurira  abafana stade bakaza kureba umupira uzahuza u Rwanda na Kenya ku Cyumweru tariki 05, Nzeri, 2021.

Itangazo FERWAFA yageneye abanyamakuru rivuga ko yakiriye neza igisubizo yahawe na CAF kandi ko gishyize mu gaciro.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rishimira Minisiteri ya siporo mu bufatanye yerekanye ubwo FERWAFA yatangaga ubusabe bwayo kuri CAF n’ubwo butemewe nk’uko byifuzwaga.

Umwe mu bafana baganiriye na Taarifa avuga ko ibyo CAF yakoze bishyize mu gaciro kuko FERWAFA yirengagije ko Abanyarwanda benshi batarakingirwa COVID-19.

Ati: “ Kuba impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Burayi yaremereye abaturage kujya kuri za Stade n’uko bo bakingiye abantu benshi kandi bahawe inkingo zuzuye. Inaha rero turacyari bacye kandi erega n’amategeko agenga ziriya mpuzamashyirahamwe z’umupira w’amaguru aratandukanye.”

Amakipe aheruka mu kibuga mu mukino witabiriwe n’abafana ni Police FC na Bugesera. Icyo gihe hari tariki 11, Werurwe, 2020 habura iminsi itatu ngo umurwayi wa mbere wa COVID-19 agere mu Rwanda.

Itangazo rivuga icyemezo cya CAF
Amakipe aheruka mu kibuga ni aya

 

TAGGED:BurayifeaturedFERWAFAMinisiteri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Johnson & Johnson Yahagaritse Igerageza Ry’Urukingo Rwa SIDA Muri Afurika
Next Article Canal + Yiyemeje Gufasha Mu Iterambere ry’Umunyarwandakazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?