Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Canada Yiyongereye Ku Bindi Bihugu Bikize Bishaka Ko Palestine Yigenga Byuzuye 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Canada Yiyongereye Ku Bindi Bihugu Bikize Bishaka Ko Palestine Yigenga Byuzuye 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 July 2025 10:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Canada Mark Carney yatangaje ko igihugu cye nacyo kizatanga ko cyemeye ko Palestine iba igihugu kigenga mu buryo bwuzuye.

Izaba ibaye igihugu cya gatatu mu bigize ikitwa G7 cyemeye ko biba bityo, ikaba ikurikiye Ubwongereza n’Ubufaransa.

Carney yavuze ko icyo cyemezo cyafashwe nyuma gusuzuma agasanga Palestine izakora amatora arimo Demukarasi kandi akaba atazitabirwa na Hamas.

Hashize umunsi umwe n’Ubwongereza bwemeje ko buzemera ubwigenge bwuzuye bwa Palestine mu Nteko rusange ya UN izaba muri Nzeri, 2025.

Amerika na Israel byatangaje ko byamagaye icyo cyemezo cya Canada, bikavuga ko byaba ari ugushimira Hamas.

Kugeza ubu ibihugu 147 muri 193 bigize UN byamaze kwemera ko Palestine ari igihugu gifite ubwigenge bwuzuye.

TAGGED:CanadafeaturedIsraelPalestineUbwigenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abana 120 B’Abakobwa Bahuguwe Mu Ikoranabuhanga 
Next Article MINEDUC Yanenze Abarimu Basiba Akazi, Abandi Ntibategure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?