Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Canal + Yashyizeho Uburyo Butuma Abantu Barushaho Kuryoherwa Na Tour du Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Canal + Yashyizeho Uburyo Butuma Abantu Barushaho Kuryoherwa Na Tour du Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 May 2021 6:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo gishinzwe gucuruza amashusho Canal+ Rwanda cyashyize igorora abakiliya bacyo, kibashyiriraho uburyo bwo kureba incamake za Tour du Rwanda kuri Canal+ Sport 1, buri munsi guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

Tour du Rwanda y’uyu mwaka yatangiranye imbaraga nyinshi, ariko irimo kuba mu buryo bwihariye kubera icyorezo cya COVID-19. Abantu ntabwo bemerewe guhurira hamwe mu kwirinda ikwirakwira ry’iki cyorezo.

Umuyobozi wa Canal+ Rwanda, Sophie Tchatchoua, yavuze ko byatumye bashyiraho uburyo bwo gufasha abaturarwanda kureba iri rushanwa mu buryo busesenguye, batavuye mu rugo.

Yagize ati “Mu rwego rwo gukomeza kugeza ibyiza ku bakiliya ba Canal+ ndetse no gukomeza kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Covid-19, Canal+ yatekereje ku bafana b’amagare maze ibagenera kubereka incamake zisesenguye ku irushanwa rya buri munsi kuri Canal+Sport1, batavuye mu rugo kandi bareba amashusho meza cyane.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Canal+ ni umuterankunga wa Tour du Rwanda kuva yatangira.

Incamake y’iri rushanwa izajya yerekanwa kuri shene ya Canal+ Sport 1, iboneka ku ifatabuguzi  rya IKAZE rigura 5000 Frw gusa ku kwezi.

Canal + ni umuterankunga ukomeye wa Tour du Rwanda
TAGGED:Canal +featuredTour du Rwanda 2021
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyo Abatuye Nyaruguru Bavuga K’Umuhanda Ubahuza Na Huye
Next Article Kagame Yagiranye Ibiganiro N’Umuyobozi Wa MTN Group N’Uwa UCI
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iperereza Ryakorwaga Kuri Agathe Kanziga Ryarangiye

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

DRC: Hagiyeho Itsinda Ryo Kwiga Uko Kabila Yakwamburwa Ubudahangarwa

U Rwanda: Igihugu Cy’Intwari Zikorera Intwaro

Impuguke Ya UN Irasuzuma Uko Ubukene Buhagaze Mu Banyarwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Kagame Yavuze Uruhare Afurika Ikwiye Kugira Mu Mutekano Wayo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ubutumwa Bwa IBUKA Bwamagana Iyicwa Rya Nyirangirinshuti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Hari Kwigwa Uko Ibiganiro Bya EAC Byahuzwa N’Ibya SADC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Joe Biden Arembejwe Na Cancer Ifata Ubugabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?