Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 9, Mutarama, 2024, Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yahaye umugisha urugo rw’Abafurere bo mu muryango w’Abafurere b’amashuri abereye Kristu.
Kinyamateka yanditse kuri X yahaye umugisha ishuri rishya bujuje muri paruwasi ya Gahanga ryigamo abana barenga 170.
![](https://i0.wp.com/kiny.taarifa.rw/wp-content/uploads/2024/01/20240109_164949.jpg?resize=1080%2C809&ssl=1)
Iyi Paruwasi iherereye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro.