Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Centrafrique: Aba Mbere RDF Yatoje Kuba Ingabo Bagiye Kwinjira Mu Kazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Centrafrique: Aba Mbere RDF Yatoje Kuba Ingabo Bagiye Kwinjira Mu Kazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2023 11:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Bangui muri Repubulika ya Centrafrique hagiye kubera umuhango wo kwakira itsinda rya mbere ry’abasirikare batojwe n’ingabo z’u Rwanda.

Umuyobozi w’ingabo za UN ziba muri iki gihugu aherutse gushima ingabo z’u Rwanda kubera umusanzu zitanga mu kurinda abaturage ndetse n’abayobozi bakuru barimo na Perezida  Faustin Archange Touadéra.

Ingabo z’u Rwanda zishimirwa akazi zikorera muri Centrafrique

Perezida Touadéra niwe uri buhe abo basirikare uburenganzira bwo gutangira akazi ko kurinda iki gihugu.

Abasirikare 120 ba RDF nibo batoje abasore n’inkumi ba Centrafrique ngo bazavemo abasirikare bemewe n’amategeko kandi bashoboye kurinda iki gihugu kuruta u Rwanda mu buso inshuro 24.

Rwanda rufite ubuso bwa kilometero kare  26,338 mu gihe Repubulika ya Centrafrique ifite ubuso bwa kilometer kare 622,984.

Mu gihe u Rwanda rutuwe na miliyoni 13 zirenga, Centrafrique yo ituwe n’abaturage  miliyoni 7.7.

TAGGED:AbasirikareBanguifeaturedIngaboRDFTouadera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi Wa Misiri Yahaye Biruta Impapuro Zimwerera Gukorera Mu Rwanda
Next Article Mu Bushinwa Hari Indi Ndwara Y’Ubuhumekero ‘Ihangayikishije’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?