Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Chameleone Yavuye Mu Bitaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Chameleone Yavuye Mu Bitaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 July 2023 9:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jose Chameleone yavuye mu bitaro nyuma y’igihe runaka yari amaze mu bitaro kubera kwibasirwa n’uburwayi bwo mu nda.

Yari arwariye mu bitaro byitwa Aline Medical Hospital Minneapolis muri Leta ya Minnesota muri Amerika.

Yajyanywe kwa muganga nyuma yo kugirira urugendo muri Amerika agiye gusura umuryango we agahita aremberayo.

Uyu muhanzi w’imyaka 44 yavuye mu bitaro kuri iki Cyumweru tariki 9 Nyakanga, nyuma y’aho abaganga babonye ko atangiye koroherwa.

Icyakora bigaragara ko ataratora akabaraga cyane kubera ko ari kugendera ku igare ry’abafite ubumuga.

Ikinyamakuru Exclusive Bizz cyo muri Uganda kivuga ko n’ubwo uyu mugabo yavuye mu bitaro, agifite  igihe cyo kongera gutora agatege ndetse akaba yagenda nta kibazo afite.

Mu butumwa Chameleone yacishije kuri Threads, yashimiye abamubaye hafi bose.

Ati “N’ubwo gukira kwanjye bisaba igihe no kwihangana , nizeye ko ndaza kugarukana ubuzima buzira umuze mu minsi ya vuba. Imana yahoze  ari nziza kuri njye. Mwarakoze bantu mwese banjye.’’

Kugira ngo abagwe yaciwe miliyoni 370 z’amashilingi ya Uganda (angana na Frw  116 232 490).

Chameleone amaze  imyaka irenga ibiri arwaye mu nda.

Ni umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakoze indirimbo nyinshi zakunzwe.

Muri zo harimo  ‘Mama Mia’, ‘Njo Karibu’, ‘Mambo Bado’, ‘Kipepeo’, ‘Shida za Dunia’, ‘Bayuda’, ‘Vumilia’, ‘Valu Valu’, ‘Jamila’ n’izindi.

TAGGED:ChameleonefeaturedIndwaraUgandaUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yaherewe Igihembo Cy’Indashyikirwa Muri Bahamas
Next Article FERWACY Irashaka Ko Umukino W’Igare Ushingira Ku Bushobozi Bw’Amakipe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?