Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Chorale y’abagore 100% iri gutegura igitaramo cy’ abakunda indirimbo z’Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Chorale y’abagore 100% iri gutegura igitaramo cy’ abakunda indirimbo z’Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2020 10:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagore bagize chorale bise Gisèle Precious bari gutegura igitaramo kizaririmbirwamo indirimbo zaririmbiwe Imana kizaba taliki 26, Ukuboza, 2020. Ni itsinda ryashinzwe na Nsabimana Gisèle Precious, akaba ari umwe mu baririmba indirimbo zihimbaza Imana bakunzwe muri iki gihe.

Kiriya gitaramo kizakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga kubera kwirinda ikwirakwira rya COVID-19.

Ubutumwa buzatangirwa muri ziriya ndirimbo buzibanda ku kamaro k’ivuka rya Yezu, waje ku isi kugira ngo apfire abantu.

Abemera Kristu bavuga ko Umunsi wa Noheli ari umwe mu minsi y’ingirakamaro muri bo.

Ni umwe mu minsi baha agaciro kurusha indi minsi yizihizwa mu madini.

Byari biteganyijwe ko kiriya gitaramo kizaba taliki 25, Ukuboza, 2020 ariko italiki yarahindutse ishyirwa taliki 26, Ukuboza, 2020.

Band ya Gisèle Precious igizwe n’abagore. Niryo tsinda rukumbi ry’abagore bakora umuziki uhimbaza Imana nta mugabo ubari mo.

Gisele Precious amaze imyaka itatu akora umuziki uhimbaza Imana.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi wa RIB asaba abagenzacyaha gucukumbura bakamenya igitera ibyaha
Next Article Perezida wa Angola yoherereje ubutumwa uw’u Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?