Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho- Busingye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho- Busingye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intuma ya Leta Johnston Busingye yavuze ko COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho. Kugeza ubu imaze guhitana abaturage 51.

Yabivugiye mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku burenganzira bwa muntu wateguwe na Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu.

Busingye avuga ko icyorezo cyaje gikoma mu nkokora ibikorwa byinshi byari bisanzwe bifiteiya abaturage akamaro ndetse kica bamwe.

Avuga ko ubwo cyageraga mu Rwanda, Guverinoma yahise ifata imyanzuro yo gukumira ko gikirwa mu baturage harimo no kubasaba kuguma mu ngo zabo.

Minisitiri w’ubutabera mu Rwanda avuga ko muri iki gihe abantu bari kuva buhoro buhoro mu kwibasirwa na kiriya cyorezo bakiyubaka, uburenganzira bwa muntu bugomba kubahirizwa, bugahabwa umwanya wa mbere.

Ati: “Uburenganzira bwa muntu bugomba kubahirizwa no mu bihe bigoye. Bugomba guhabwa buri muntu hatitawe ku ibara ry’uruhu rwe, aho akomoka n’ikindi cyose.”

Avuga mu Rwanda  Itegeko nshinga ari ryo rigena uburenganzira bwa muntu.

Kuri Minisitiri Busingye ubu abantu bagomba kumenya uko bakwitwara kuri kiriya cyorezo bakisanzura ariko nanone bakamenya kwirinda COVID-10.

TAGGED:BusingyeCOVID-19featuredMinisitiriRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article EXPO2020 Imyiteguro
Next Article Umuhanzi wo muri USA witwa Teddy Riley ari mu Rwanda, araganira n’abanyamakuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?